Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 13, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

You might also like

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

Hatanzwe umucyo w’uburyo perezida w’u Burundi arimo kwica abaturage muri Kivu y’Amajyepfo amenyeshwa n’icyo agiye kubiboneramo.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko ibyatangajwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika byo guhagarika inkunga ku bihugu bya Afrika, bidakwiye guca intege abaturiye uyu mugabane, ngo kuko kuva kera wahoranye amahirwe yatuma utera imbere, ahubwo ko ukwiye gushyira imbere imikoranire no guhuza imbaraga.

Perezida Kagame yabitangarije mu kiganiro cy’inama ya Afrika CEO Forum iri kubera i Abidjan muri Cote D’Ivoire yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu binyuranye byo ku mugabane wa Afrika.

Kagame, ibi yabivuze ubwo yarabajijwe ikibazo kijanye nibyo yigeze gutangaza avuga ko ashigikiye bimwe mu byemezo byarimo bifatwa na perezida Donald Trump, byo gukuriraho zimwe mu nkunga ibihugu bya Afrika, niba akibishihikiye.

Nawe asubiza ko ibyo perezida Trump yavuze n’ibyemezo yafashe bikwiye kureberwa mu ndorerwamo y’amateka y’ibiriho n’ibyatambutse.

Ati: “Yaba ari ibyo perezida Trump yafashemo ibyemezo cyangwa undi uwo ari we wese ashobora kuzemeza mu bihe bya vuba biri imbere, hari amateka y’ibyo twanyuzemo mu binyejana byatambutse.”

Kagame yavuze ko ibyemezo byafashwe na Trump, ari nk’uko n’undi wese yakwibutsa Afrika ko igomba kwigira ntitegereze ak’imuhana nk’uko uyu mugabane wakunze kubaho mu bihe birebire byatambutse.

Yagize ati: “Kandi hari amahirwe menshi, duhora tuvuga amahirwe ari ku mugabane wacu, ariko iyo dusuzumye ibiva muri ayo mahirwe, hazamo ikibazo kandi ibyo ni twe bigiraho ingaruka nk’umugabane nk’abaturage b’uyu mugabane, rero ntabwo dukwiye gukomeza kurambiriza ku byo abandi bariho bavuga, bariho bakora kuri twe, dukwiye gutahiriza umugozi umwe ndetse tukanakorana n’ibindi bihugu bifite aho bigeze bishobora kuduha ibyo dukeneye na byo tukabibaha.”

Tags: AfrikaInkungaKagameTrump
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

Perezida wa Afrika y'Epfo yavuze kuri mugenzi we w'u Rwanda Kagame. Umukuru w'igihugu cya Afrika y'Epfo, Cyril Ramophosa, yatangaje ko nta kibazo kiri hagati ye na perezida w'u...

Read moreDetails

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

by Bruce Bahanda
May 12, 2025
0
AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya. Urubyiruko n'abahoze mu gisirikare n'igipolisi cya Repubulika ya demokarasi ya Congo i Goma no mu nkengero zayo, bakomeje kwiyunga ku bwinshi ku...

Read moreDetails

Hatanzwe umucyo w’uburyo perezida w’u Burundi arimo kwica abaturage muri Kivu y’Amajyepfo amenyeshwa n’icyo agiye kubiboneramo.

by Bruce Bahanda
May 12, 2025
1
Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.

Hatanzwe umucyo w'uburyo perezida w'u Burundi arimo kwica abaturage muri Kivu y'Amajyepfo amenyeshwa n'icyo agiye kubiboneramo. U Burundi bwitikiriye ijoro bwa mbutsa intwaro nyinshi buziha insoresore zo muri...

Read moreDetails

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

by Bruce Bahanda
May 10, 2025
0
FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda.

FDNB yigambye kwica inyashyamba ku bwinshi nubwo nayo yakozwe munda. Igisirikare cy'u Burundi (FDNB) cyatangaje ko giheruka kwivugana inyashyamba zirenga 100 zo mu mutwe wa MRCD/FNL urwanya ubutegetsi...

Read moreDetails

Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 9, 2025
0
Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.

Kera kabaye, perezida w'u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda. Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi aravuga ko perezida w'iki gihugu, Evariste Ndayishimiye, ko ashobora kwerekeza vuba mu...

Read moreDetails
Next Post
Abarenga umwe barasiwe mu rusengero n’umusirikare wa FARDC.

Abarenga umwe barasiwe mu rusengero n'umusirikare wa FARDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?