Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Kim jong UN wa Koreya yaruguru yageze mu Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 12, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru, kuruyu wa Kabiri tariki 12/09/2023, yageze mu Burusiya, nu ruzinduko bi vugwa ko aza guhura na mugenzi we w’u Burusiya bwana Vladimir Putin.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu makuru yakomeje gutangazwa nuko uyu perezida Kim yageze mu Burusiya nyuma yo gukora urugendo rw’amasaha menshi atwawe na gariyamoshi.

Aya makuru yakomeje avuga ko perezida Kim na Putin mu byo bagomba kuganiraho harimo amasezerano yerekeye ibibunda bya Kirimbuzi.

Muri aya masezerano ngo harimo kuba Koreya ya Ruguru yaha u Burusiya intwaro zo kwifashisha mu ntambara na Ukraine, nk’uko umwe mu bategetsi muri Amerika yabitangarije ikinyamakuru CBS.

Aya makuru anashimangirwa na Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika itangaza ko ifite amakuru y’uko ibiganiro by’u Burusiya na Koreya ya Ruguru birimo kwihuta.

Minisiteri y’Ingabo za Koreya ya Ruguru yatangaje ko gariyamoshi idatoborwa n’amasasu yari itwaye Kim yageze mu Burusiya mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri.

Ubwo iyo nkuru yamenyekanaga iyo gariyamoshi harimo yerekeza i Vladivostok, aho u Burusiya bwarimo kwakirira inama y’ubukungu y’ibihugu by’iburasirazuba.

Ni urugendo rwagombaga kumara andi masaha ari hagati y’atanu n’atandatu, bijyanye no kuba iriya gariyamoshi inikoreye izindi modoka zibarirwa muri 20 zituma itagenda ku muvuduko wo hejuru.

Itangazamakuru ryo mu Burusiya rivuga ko kuri uyu wa Kabiri ari bwo Kim na Putin bari buze guhura. Ni amakuru cyakora atandukanye n’ayaherukaga gutangazwa na Perezidansi y’u Burusiya ubwo bavuga ko bashobora kuzahura mu minsi iri imbere.

Hagati aho ibiro Ntaramakuru KCNA bya Koreya ya Ruguru byatangaje ko Kim mu rugendo rwe yaherekejwe n’abayobozi bakomeye, barimo n’abasirikare bakuru.

Uruzinduko rwa Perezida Kim Jong Un ni rwo rwa mbere agiriye hanze y’Igihugu cye kuva mu mwaka wa 2019.

Icyo gihe na bwo yari yagiye i Vladivostok, mu nama yamuhuje na Putin nyuma yo guhagarara kw’ibiganiro ku gusenya intwaro kirimbuzi Kim yagiranaga n’uwari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.

By Bruce Bahanda.

Tariki 12/09/2023.

Tags: Kim jong UNKoreya yaruguruPutin VradimirUburusiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abacukuzi bamabuye y'Agaciro umwe niwe wapfuye abandi barakomereka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?