• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Perezida Museveni yagaragaje inkomoko y’intambara zibera muri RDC.

minebwenews by minebwenews
May 30, 2025
in sport & entertainment
0
Perezida Museveni yagaragaje inkomoko y’intambara zibera muri RDC.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Museveni yagaragaje inkomoko y’intambara zibera muri RDC.

You might also like

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Umukuru w’igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Miseveni, yatangaje ko Mobutu Sese seko wayoboye Congo ikicyitwa Zaïre na Habyarimana Juvenal wayoboye u Rwanda, ko aribo soko y’intambara zibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nibyo perezida wa Uganda yatangarije mu nama y’urwego rushinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro, umutekano n’ubufatanye bwa Congo n’akarere, aho yavuze ko amakimbirane yo muri RDC yatewe na politiki y’ivangura, yacengejwe n’abanyamahanga mu gihe cy’ubutegetsi bwa Mobutu na Habyarimana.

Museveni yasobanuye ko ikindi cyakururiye RDC ibibazo, ari uko ubutegetsi bwa Mobutu butigeze bwita ku bufatanye n’ibihugu by’abaturanyi.

Yagize ati: “Mubutu ntiyari yitaye ku baturage b’imbere muri RDC no ku baturanyi. Yashyigikiye imitwe yarwanyaga Angola, arwanya ibitekerezo byacu kuko icyo gihe twarwanyaga ubukoloni, we yari ku rundi ruhande.”

Na ho ku Rwanda, Abanyarwanda bari barahunze kuva mu mwaka wa 1959 ndetse n’abavukiye mu buhungiro, batangiye kwisuganya kugira ngo batahe. Avuga ko icyo gihe, Habyarimana yasabwe kubareka bagataha mu mahoro, ariko arabyanga.

Ati: “Habyarimana yaravuze ati ‘oya, nta mwanya wabo uhari, u Rwanda ruruzuye. Abananiwe kwihangana barisuganyije, batera u Rwanda. Mobutu yinjira mu Rwanda kugira ngo ngo afashe Habyarimana, intangondwa z’Abahutu. Ni bwo ikibazo cya RDC cyahuye n’icy’u Rwanda.”

Intambara yo kubohora u Rwanda yatangijwe n’umutwe wa RPF inkotanyi mu 1990, ingabo za Mobutu zari ziyobowe na General Donatien Mahele n’iza Habyarimana (ExFAR) zatsindiwe hamwe, zose zihungira mu Burasizuba bwa Congo, hamwe n’umutwe w’interahamwe wagize uruhare muri jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni asobanura ko icyo gihe Mobutu yasabwe kwambura ingabo za Habyarimana intwaro zari zahunganye, arabyanga, biba ngombwa ko ingabo z’u Rwanda zitera Congo mu kwezi kwa cumi mu mwaka wa 1996, ubutegetsi bwa Mobutu bushyirwaho iherezo.

Museveni yagize ati: “Abasirikare ba Habyarimana batsinzwe bahungiye i Goma. Icyo twakoze twasabye Mobutu kubambura imbunda, arabyanga. Kubera ko yatekerezaga ko ab’imbere ntacyo bavuze, abaturanyi ntacyo bavuze, icyo yahaga agaciro ni abanyamahanga bamufashaga . Kubera iki Mobutu yanze kumva? Twari hano, twashoboraga ku mufasha.”

Mubutu wavuzwe cyane muri iyi nkuru, yagiye ku butegetsi mu 1971 asimbuye Joseph Kasavubu. Yavuye ku butegetsi mu kwezi kwa gatanu mu 1997 asimbuwe na Laurent Desire Kabila washinze umutwe wa AFDL.
Mobutu yaguye mu buhungiro muri Maroc mu kwezi kwa cyenda umwaka wa 1997, amakuru agaragaza ko yazize indwara ya kanseri ya prostate.

Tags: HabyarimanaIntambara RDCMobutuMuseveni
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya Ku Cyumweru, tariki ya 18/01/2026, ni bwo hasojwe ku mugaragaro irushanwa rikomeye ry’Igikombe cya Afurika...

Read moreDetails

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails
Next Post
Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

Umwe mu barwanashaka yaburiye benewabo uburyo bakwitwara muri iki gihe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?