• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2025
in World News
0
Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yashinje ibihugu byo mu burengerazuba bw’ Isi kuba ari byo bituma intambara ikomeza gufata indi ntera muri Ukraine, bijyanye no kuba bibogama bitabanje kwigira hamwe amavu n’amavuko y’iriya ntambara kugira ngo biyirangize.

Ni amagambo yatangajwe n’u mukuru w’i gihugu cya Uganda ku munsi w’ejo ku wa gatandatu, aho ashinja ibihugu byo mu burengerazuba kwivanga mu ntambara itabireba, avuga ko aho kuba hagati byagiye mu kubogamira ku ruhande rumwe. Ndetse avuga kandi ko ibi bihugu kubera kubogama cyane byatumye bija mu murongo utariwo.

Yagize ati: “Ntekereza ko Kyiv iri kuyobywa n’abatarebwa n’iyo ntambara. Bagashaka buhake, bamwe bakunda kwivanga muri gahunda z’ibindi bihugu. Bakora amakosa menshi. Ni bo bateza byinshi na hano muri Afrika kuko baza bagashyigikira impande zitarizo.”

Agaragaza ko ari ko bimeze no muri Ukraine, avuga ko aho kubanza kumva no gusesengura uruhande ruri mu makosa, ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bihitamo gushyigikira uruhande rumwe bititaye ku waba afite ukuri cyangwa uri mu makosa.

Ubwo perezida Museveni yarimo avuga aya magambo, yageze aho yibutsa uburyo u Burusiya na Ukraine byahoze ari igihugu kimwe, agaragaza ko ibiri kuba ari nka gatanya kubashakanye, bityo ko ababyinjiramo bagomba kubanza gusesengura umuzi w’ikibazo.

Yanavuze ko abo mu Burengerazuba bw’Isi badashaka kumva u Burusiya.

Ati: “Iyo mwashakanye nyuma mugandandukana uragenzura, bakagombye kuba baribajije igihe u Burusiya na Ukraine byatandukanye, bakagenzura niba byarakozwe mu buryo bwa nyabwo.

Yasoje asaba ko abo mu Burengerazuba bw’Isi bakwiye kureka ibyo kubogama, hubwo bakareba ku mpande zombi kugira ngo bakemure ikibazo nyirizina. Kandi ngo ibyo bakabikorera kugira ngo bamareho intambara burundu.

Tags: IntambaraMuseveniUkraine
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.

Hamenyekanye agace abarwanyi ba AfC/M23 bikuyemo ko muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?