• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 27, 2025
in World News
0
Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

You might also like

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yashinje ibihugu byo mu burengerazuba bw’ Isi kuba ari byo bituma intambara ikomeza gufata indi ntera muri Ukraine, bijyanye no kuba bibogama bitabanje kwigira hamwe amavu n’amavuko y’iriya ntambara kugira ngo biyirangize.

Ni amagambo yatangajwe n’u mukuru w’i gihugu cya Uganda ku munsi w’ejo ku wa gatandatu, aho ashinja ibihugu byo mu burengerazuba kwivanga mu ntambara itabireba, avuga ko aho kuba hagati byagiye mu kubogamira ku ruhande rumwe. Ndetse avuga kandi ko ibi bihugu kubera kubogama cyane byatumye bija mu murongo utariwo.

Yagize ati: “Ntekereza ko Kyiv iri kuyobywa n’abatarebwa n’iyo ntambara. Bagashaka buhake, bamwe bakunda kwivanga muri gahunda z’ibindi bihugu. Bakora amakosa menshi. Ni bo bateza byinshi na hano muri Afrika kuko baza bagashyigikira impande zitarizo.”

Agaragaza ko ari ko bimeze no muri Ukraine, avuga ko aho kubanza kumva no gusesengura uruhande ruri mu makosa, ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bihitamo gushyigikira uruhande rumwe bititaye ku waba afite ukuri cyangwa uri mu makosa.

Ubwo perezida Museveni yarimo avuga aya magambo, yageze aho yibutsa uburyo u Burusiya na Ukraine byahoze ari igihugu kimwe, agaragaza ko ibiri kuba ari nka gatanya kubashakanye, bityo ko ababyinjiramo bagomba kubanza gusesengura umuzi w’ikibazo.

Yanavuze ko abo mu Burengerazuba bw’Isi badashaka kumva u Burusiya.

Ati: “Iyo mwashakanye nyuma mugandandukana uragenzura, bakagombye kuba baribajije igihe u Burusiya na Ukraine byatandukanye, bakagenzura niba byarakozwe mu buryo bwa nyabwo.

Yasoje asaba ko abo mu Burengerazuba bw’Isi bakwiye kureka ibyo kubogama, hubwo bakareba ku mpande zombi kugira ngo bakemure ikibazo nyirizina. Kandi ngo ibyo bakabikorera kugira ngo bamareho intambara burundu.

Tags: IntambaraMuseveniUkraine
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

by Bruce Bahanda
August 12, 2025
0
U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera. U Bushinwa bwanenze Leta Zunze ubumwe z'Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera zishingiye kukuba bugurira peteroli mu Burusiya. Byagarutsweho na...

Read moreDetails

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe. Indege y'igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b'igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana. Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku...

Read moreDetails

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Rwanda has officially embarked on the rollout of its new Single Digital Identification System (SDIS), a cutting-edge platform designed to revolutionize identity management in the country. The initiative,...

Read moreDetails

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano. Muri Israel abantu babarirwa mu bihumbi imirongo biraye mu mihanda y'umujyi w'i Tel Aviv, mu myigaragambyo yo kwamagana...

Read moreDetails

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, na perezida Vladimir Putin w'u Burusiya, bemeranyije...

Read moreDetails
Next Post
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.

Hamenyekanye agace abarwanyi ba AfC/M23 bikuyemo ko muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?