Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Museveni yatangaje ibyo yaganiriye na Tshisekedi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 30, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Museveni yatangaje ibyo yaganiriye na Tshisekedi.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Museveni yatangaje ibyo yaganiriye na Tshisekedi.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Perezida wa Repubulika ya demokorasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagiriye uruzinduko i Kampala muri Uganda, aho yanagiranye ibiganiro na mugenzi we, umukuru w’iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni.

Ni uruzinduko yakoze kuri uyu wa gatatu tariki ya 30/10/2024, rukaba rwa maze amasaha make.

Abakuru b’ibihugu byombi, ibiganiro bagiranye byabereye muri perezidansi ya Uganda, iherereye Entebbe, bibera mu muhezo.

Perezida Museveni abinyujije ku rubuga rwa x, yavuze ko ibiganiro bye na Tshisekedi byibanze ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo, ku bibazo byugarije akarere ndetse n’imishinga Uganda imaze igihe ifitanye na RDC.

Yagize ati: “Kuri iki gicamunsi nakiriye muri perezidansi perezida wa RDC, Félix Tshisekedi. Mu bibazo twaganiriyeho harimo icy’umutekano hagati ya Uganda na RDC, umutekano w’akarere, ndetse no kubaka ibikorwa remezo by’umwihariko imihanda idufitiye inyungu z’ubukungu twembi.”

Perezida Félix Tshisekedi yagendereye Uganda mu gihe umutwe wa M23 ukomeje kwambura ingabo ze ibice byinshi byo muri teritware ya Walikale n’ahandi mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Iminsi irenga icyumweru, ishize hari kuba imirwano ikaze hagati y’uyu mutwe n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa. Iy’i mirwano ihanganishije impande zombi ikomeje kubera muri teritware ya Walikale.

Hagati aho, perezida Yoweli Kaguta Museveni inshuro nyinshi yakunze kugira inama RDC kujya mu mishyikirano n’umutwe wa M23, mu rwego rwo kugira ngo bahoshye amakimbirane hagati yabo.

Ariko ibi Kinshasa ntirigera ibyumva, kuko ivuga ko nta gihe na kimwe izigera ishyikirana n’uyu mutwe wa M23.

Tags: KampalaMuseveniTshisekedi
Share45Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho iri gukora ibikorwa bihanitse byo gufasha abaturage ba Minembwe.

Twirwaneho iri gukora ibikorwa bihanitse byo gufasha abaturage ba Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?