• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, February 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 28, 2025
in Conflict & Security
0
Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

You might also like

Imiterere y’Ubukana bw’Imirwano n’Aho Intambara Igeze mu Nkengero za Point Zero n’Ibice MRDP–Twirwaneho Yisubije

Vodacom Yongeye Gusubukura Serivisi mu Bice Bimwe by’Uburasirazuba bwa RDC

MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanuye Drones za FARDC Zirenga Imwe

Umukuru w’igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bifite agaciro ka miliyoni 53 y’amadolari y’Amerika.

Ni mu butumwa uyu mukuru w’igihugu cya Uganda yatambukije kuri x yahoze yitwa Twitter.

Muri ubwo butumwa yagize ati: “Nakiriye ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni 53 y’amadolari, nk’inkunga yaturutse ku nshuti zacu z’ingenzi zo mu Burusiya.”

Perezida Museveni yahise anashimira perezida mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin.

Ati: “Dushimiye Putin, ku bw’iyi nkunga ya gisirikare.” Yanavuze kandi ko izagirira akamaro Uganda, ati: ” Ibyo u Burusiya bukoze ni inshusho nto y’ibyiza byinshi bamaze kuduha. U Burusiya ni inshuti y’amateka kandi nziza cyane ya Afrika.”

Ubutumwa bw’amashusho bugaragaza ziriya ntwaro u Burusiya bwahaye igihugu cya Uganda, zirimo ibifaru byo mu bwoko bwa 125mm zifashishwa mu kurasa za burende, ndetse n’imodoka zo mu bwoko bwa BMP-2 na BTR-80 zishobora kwifashishwa mugukoresha imbunda za 30mm na 14.5mm ndetse no gutwara abasirikare.

Tags: U BurusiyaUganda
Share31Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Imiterere y’Ubukana bw’Imirwano n’Aho Intambara Igeze mu Nkengero za Point Zero n’Ibice MRDP–Twirwaneho Yisubije

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
Auto Draft

Imiterere y’Ubukana bw’Imirwano n’Aho Intambara Igeze mu Nkengero za Point Zero n’Ibice MRDP–Twirwaneho Yisubije Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, yemejwe n’umwe mu basirikare ba MRDP–Twirwaneho...

Read moreDetails

Vodacom Yongeye Gusubukura Serivisi mu Bice Bimwe by’Uburasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
Vodacom Yongeye Gusubukura Serivisi mu Bice Bimwe by’Uburasirazuba bwa RDC

Vodacom Yongeye Gusubukura Serivisi mu Bice Bimwe by’Uburasirazuba bwa RDC Nyuma y’igihe kingana hafi n’ukwezi umuyoboro wa telefoni igendanwa wa Vodacom udakora, serivisi zawo zongeye gusubukurwa mu duce...

Read moreDetails

MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanuye Drones za FARDC Zirenga Imwe

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanuye Drones za FARDC Zirenga Imwe

MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanuye Drones za FARDC Zirenga Imwe Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bumaze iminsi buberamo imirwano ikomeye, ku wa Mbere hongeye kuvugwa...

Read moreDetails

Amakuru y’Ibanga ku Mbaraga Nshya Ziteganyijwe Koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
RDC Yemeye Guhagarika Imirwano Mu Burasirazuba bw’igihugu

Amakuru y’Ibanga ku Mbaraga Nshya Ziteganyijwe Koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru yizewe aturuka mu nzego zo hejuru i Kinshasa, yashyikirijwe ikinyamakuru Minembwe Capital News n’umwe mu bategetsi utifuje...

Read moreDetails

Intambara Ikomeye Yakomereje i Mwenga

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
Intambara Ikomeye Yakomereje i Mwenga

Intambara Ikomeye Yakomereje i Mwenga Ku wa Mbere, tariki ya 16/02/2026, hatangajwe ko abaturage benshi bamaze kuva mu byabo kubera imirwano ihanganishije Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Ubuyobozi bw'ibanze bwavuze ku nkongi y'Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?