Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Ndayishimiye yatangaje undi ugiye gutera igihugu cye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 30, 2025
in World News
0
Perezida w’u Burundi yasobanuye uko yababajwe na James Kabarebe.
139
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ndayishimiye yatangaje undi ugiye gutera igihugu cye.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko igihugu cye ko kigiye guterwa na General Godfroid Niyombare, kandi ko agitera afite ubufasha bw’igihugu cy’u Rwanda.

Ibi n’ibyo uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi aheruka kuvugira mu kiganiro yagiranye na BBC, akaba yarimo asubiza ku bibazo bamubazaga byo muri Congo.

Muri iki kiganiro perezida Ndayishimiye yavuze ko Gen.Niyombare agiye kugaba igitero ku Burundi, kandi ko na kigaba amahanga azagira ngo u Burundi bwatewe n’Abarundi ariko ko bazaba batewe n’u Rwanda.

Asobanura ko u Rwanda ruzitwikira uwo musirikare wahunze iki gihugu cy’u Burundi rukabatera mu izina rye.

Uyu mukuru w’iki gihugu cy’u Burundi agaragaza ko u Rwanda nirukora icyo gikorwa, Abarundi bazahita bahagurukana n’iyonka bakarwanya u Rwanda bivuye inyuma.

Yakomeje avuga ko u Rwanda rwari rukwiye gutanga abarwanyi rucyumbikiye ba Red-Tabara ngo kugira ngo bashyikirizwe ubutabera.

Gusa, ibi u Rwanda rwagiye rubihakana inshuro nyinshi, ndetse rukavuga ko nta mutwe n’umwe urwanya ubutegetsi bw’i Gitega rushyigikira, aho rugaragaza ko ntanyungu rubifitemo, hubwo rugashinja u Burundi gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Usibye n’u Rwanda, uyu mutwe wa Red-Tabara na wo uheruka kwamagana u Burundi bu wushinja gufashwa n’u Rwanda, ugaragaza ko ntaho uhuriye n’iki gihugu.

Ndayishimiye avuga kandi ko ni ba koko u Rwanda rwifuza kuzahura umubano w’ibihugu byombi, rwari rukwiye kubahiriza icyo barusaba, bityo ng’u Burundi nabwo bukubahiriza ibyo rubusaba birimo kutifatanya n’umutwe wa FDLR.

Gen.God Froid Niyombare uwo Ndayishimiye ashinja gutegura gutera u Burundi, ni we wayoboye Ingabo zageragaje guhirika perezida Peter Nkurunziza mu mwaka wa 2015, ariko zikabinanirwa. Nyuma ni bwo iwe n’Ingabo yarikumwe nazo zerekeje iy’ubuhungiro, aho bivugwa ko bahungiye m’u Rwanda.

Tags: GuterwaNiyombareU Burundi
Share56Tweet35Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku ngabo zikomeje kwisuka mu Bibogobogo.

Ibivugwa ku ngabo zikomeje kwisuka mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?