Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Ndayishimiye yatangaje undi ugiye gutera igihugu cye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 30, 2025
in World News
0
Perezida w’u Burundi yasobanuye uko yababajwe na James Kabarebe.
139
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ndayishimiye yatangaje undi ugiye gutera igihugu cye.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko igihugu cye ko kigiye guterwa na General Godfroid Niyombare, kandi ko agitera afite ubufasha bw’igihugu cy’u Rwanda.

Ibi n’ibyo uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi aheruka kuvugira mu kiganiro yagiranye na BBC, akaba yarimo asubiza ku bibazo bamubazaga byo muri Congo.

Muri iki kiganiro perezida Ndayishimiye yavuze ko Gen.Niyombare agiye kugaba igitero ku Burundi, kandi ko na kigaba amahanga azagira ngo u Burundi bwatewe n’Abarundi ariko ko bazaba batewe n’u Rwanda.

Asobanura ko u Rwanda ruzitwikira uwo musirikare wahunze iki gihugu cy’u Burundi rukabatera mu izina rye.

Uyu mukuru w’iki gihugu cy’u Burundi agaragaza ko u Rwanda nirukora icyo gikorwa, Abarundi bazahita bahagurukana n’iyonka bakarwanya u Rwanda bivuye inyuma.

Yakomeje avuga ko u Rwanda rwari rukwiye gutanga abarwanyi rucyumbikiye ba Red-Tabara ngo kugira ngo bashyikirizwe ubutabera.

Gusa, ibi u Rwanda rwagiye rubihakana inshuro nyinshi, ndetse rukavuga ko nta mutwe n’umwe urwanya ubutegetsi bw’i Gitega rushyigikira, aho rugaragaza ko ntanyungu rubifitemo, hubwo rugashinja u Burundi gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Usibye n’u Rwanda, uyu mutwe wa Red-Tabara na wo uheruka kwamagana u Burundi bu wushinja gufashwa n’u Rwanda, ugaragaza ko ntaho uhuriye n’iki gihugu.

Ndayishimiye avuga kandi ko ni ba koko u Rwanda rwifuza kuzahura umubano w’ibihugu byombi, rwari rukwiye kubahiriza icyo barusaba, bityo ng’u Burundi nabwo bukubahiriza ibyo rubusaba birimo kutifatanya n’umutwe wa FDLR.

Gen.God Froid Niyombare uwo Ndayishimiye ashinja gutegura gutera u Burundi, ni we wayoboye Ingabo zageragaje guhirika perezida Peter Nkurunziza mu mwaka wa 2015, ariko zikabinanirwa. Nyuma ni bwo iwe n’Ingabo yarikumwe nazo zerekeje iy’ubuhungiro, aho bivugwa ko bahungiye m’u Rwanda.

Tags: GuterwaNiyombareU Burundi
Share56Tweet35Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku ngabo zikomeje kwisuka mu Bibogobogo.

Ibivugwa ku ngabo zikomeje kwisuka mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?