Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame, mu Nama y’u mushikirano, yagarutse ku mutekano w’u Rwanda no kubiheruka gutangazwa n’umukuru w’igihugu c’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 23, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame, mu Nama y’u mushikirano, yagarutse ku mutekano w’u Rwanda no kubiheruka gutangazwa n’umukuru w’igihugu c’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, yatangarije Abanyarwanda, ko “Umuntu wese uzagerageza guhungabanya Umutekano w’u Rwanda, bitaza murwa amahoro.’

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni mu Nama y’u mushikirano yahurije Abanyarwanda, i Kigali, mu Rwanda, aho Abanyarwanda bo hirya no hino bahuriye kugira bigire hamwe ikibasha guteza u Rwanda imbere no kurebera hamwe ibimaze kugerwaho.

Muriy’i Nama umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, yagarutse no k’u mutekano w’u Rwanda ndetse avuga no kubiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, wavuze ko Abanyarwanda bafunze kubera ubutegetsi yise ko ari ‘bubi.’

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagize ati: “Ku bijanye n’u mutekano wacu, mu gihe dutewe, nta muntu n’umwe nsaba uruhushya. Rero, igihugu kiratekanye kandi kizahora gitekanye.”

“Nabwiye izi nshuti zacu zikomeye, nti iyo bigeze ku kurinda iki Gihugu cyahuye na byinshi, ntabwo nkeneye uruhushya rw’umuntu uwo ariwe wese rwo gukora ibyo tugomba gukora kugira ngo twirinde.”

“Nabibwiye abo iki kibazo kireba. Ibyo bizaba. Nta kintu na kimwe kizigera cya mbuka imipaka y’iki Gihugu cyacu gito, nihagira uwibeshya, nti mugatinye ibitumbaraye, rimwe narimwe biba birimo ubusa.”

“Hari ubwo haba harimo urushinge ngo ibyari birimo uyoberwe aho bigiye.Ikindi ni uko aho tuvuye mu myaka 30 ishize , nta kintu cyaba kuritwe. Ikindi, ibyo bivuze ko uramutse utumye dutegekereza ko tugiye gusubira muri kiriya gihe, rero ntacyo duhomba, tuzarwana nkaho ntacyo duhomba kandi hari uzishura aho kuba twe.”

Perezida Paul Kagame, ya nasabye Abanyarwanda kuryama bagasinzira badafite icyo batinya.

Ati: “Rwose, Abanyarwanda ndabasaba kuryama mu gasinzira, iby’ubusugire bw’igihugu mu bimparire.”

Ya vuze no kubiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi.

Kagame, yagize ati: “Ntabwo nigeze nsubiza ibi bitutsi biva mu Burengerazuba no mu mAjyepfo, ibyo ntabwo byica , ariko igihe kizagera bazamenya ko bakoze amakosa.”

“Nta muntu dushotora, twakunze no kwanga ko badushotora, n’iyo ba bikoze turabyirengagiza, ibindi ni amagambo abantu badushiraho amakosa. Batuma twikorera umutwaro wacu n’uwabandi, ariko njye gutuma nikorera umutwaro w’abandi, bizaba ikibazo. Ibyo ntibizabaho.”

Bruce Bahanda.

Tags: Mu Nama y'u mushikiranoNo kubiheruka gutangazwa n'umukuru w'igihugu c'u BurundiPerezida Paul KagameYagarutse ku mutekano w'u Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’u Burundi yihakanye ibiheruka gutangazwa na perezida Evariste Ndayishimiye, ubwo yari i Kinshasa.

Leta y'u Burundi yihakanye ibiheruka gutangazwa na perezida Evariste Ndayishimiye, ubwo yari i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?