• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame, mu Nama y’u mushikirano, yagarutse ku mutekano w’u Rwanda no kubiheruka gutangazwa n’umukuru w’igihugu c’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame, mu Nama y’u mushikirano, yagarutse ku mutekano w’u Rwanda no kubiheruka gutangazwa n’umukuru w’igihugu c’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, yatangarije Abanyarwanda, ko “Umuntu wese uzagerageza guhungabanya Umutekano w’u Rwanda, bitaza murwa amahoro.’

You might also like

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Ni mu Nama y’u mushikirano yahurije Abanyarwanda, i Kigali, mu Rwanda, aho Abanyarwanda bo hirya no hino bahuriye kugira bigire hamwe ikibasha guteza u Rwanda imbere no kurebera hamwe ibimaze kugerwaho.

Muriy’i Nama umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, yagarutse no k’u mutekano w’u Rwanda ndetse avuga no kubiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, wavuze ko Abanyarwanda bafunze kubera ubutegetsi yise ko ari ‘bubi.’

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagize ati: “Ku bijanye n’u mutekano wacu, mu gihe dutewe, nta muntu n’umwe nsaba uruhushya. Rero, igihugu kiratekanye kandi kizahora gitekanye.”

“Nabwiye izi nshuti zacu zikomeye, nti iyo bigeze ku kurinda iki Gihugu cyahuye na byinshi, ntabwo nkeneye uruhushya rw’umuntu uwo ariwe wese rwo gukora ibyo tugomba gukora kugira ngo twirinde.”

“Nabibwiye abo iki kibazo kireba. Ibyo bizaba. Nta kintu na kimwe kizigera cya mbuka imipaka y’iki Gihugu cyacu gito, nihagira uwibeshya, nti mugatinye ibitumbaraye, rimwe narimwe biba birimo ubusa.”

“Hari ubwo haba harimo urushinge ngo ibyari birimo uyoberwe aho bigiye.Ikindi ni uko aho tuvuye mu myaka 30 ishize , nta kintu cyaba kuritwe. Ikindi, ibyo bivuze ko uramutse utumye dutegekereza ko tugiye gusubira muri kiriya gihe, rero ntacyo duhomba, tuzarwana nkaho ntacyo duhomba kandi hari uzishura aho kuba twe.”

Perezida Paul Kagame, ya nasabye Abanyarwanda kuryama bagasinzira badafite icyo batinya.

Ati: “Rwose, Abanyarwanda ndabasaba kuryama mu gasinzira, iby’ubusugire bw’igihugu mu bimparire.”

Ya vuze no kubiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi.

Kagame, yagize ati: “Ntabwo nigeze nsubiza ibi bitutsi biva mu Burengerazuba no mu mAjyepfo, ibyo ntabwo byica , ariko igihe kizagera bazamenya ko bakoze amakosa.”

“Nta muntu dushotora, twakunze no kwanga ko badushotora, n’iyo ba bikoze turabyirengagiza, ibindi ni amagambo abantu badushiraho amakosa. Batuma twikorera umutwaro wacu n’uwabandi, ariko njye gutuma nikorera umutwaro w’abandi, bizaba ikibazo. Ibyo ntibizabaho.”

Bruce Bahanda.

Tags: Mu Nama y'u mushikiranoNo kubiheruka gutangazwa n'umukuru w'igihugu c'u BurundiPerezida Paul KagameYagarutse ku mutekano w'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

by Bahanda Bruce
December 11, 2025
0
Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi Guhera tariki ya 09/12/2025, ubwo Umujyi wa Uvira wafashwe n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, igihugu cy’u Burundi cyatangiye guhura n’ingaruka zikomeye ku...

Read moreDetails

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

U Rwanda Rurashinja RDC n'u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w'Akarere Leta y’u Rwanda, ibinyujije mu itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yatangarije amahanga ko...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’u Burundi yihakanye ibiheruka gutangazwa na perezida Evariste Ndayishimiye, ubwo yari i Kinshasa.

Leta y'u Burundi yihakanye ibiheruka gutangazwa na perezida Evariste Ndayishimiye, ubwo yari i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?