• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda mu kiganiro n’abanyamakuru yavuze ku mvugo z’Abanyamerika zipfobya genocide yakorewe Abatutsi.

minebwenews by minebwenews
April 8, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda mu kiganiro n’abanyamakuru yavuze ku mvugo z’Abanyamerika zipfobya genocide yakorewe Abatutsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ku mvugo zipfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, mu mwaka w ‘1994.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni mukiganiro perezida Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru bari bavuye hirya no hino ku isi kuri uyu wa Mbere, tariki ya 08/04/2024.

Muri iki kiganiro umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko ku mvugo zipfobya genocide yakorewe Abatutsi yakoreshejwe n’ukuriye Dipolomasi ya leta Zunze Ubumwe, yavuze ko ubundi ibi byahawe umurongo mu myaka 10 ishize, ubwo USA yumvikanaga n’u Rwanda ko yajya ivuga ibyo ishaka mu bindi bihe, ariko ku munsi wo gutangizaho ibikorwa byo kwibuka, ikifatanya na rwo byuzuye.

Umunyabanga mukuru wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken mu butumwa yatanze ku Cyumweru tariki ya 07/04/2024, yavuze ko igihugu cye, cyifanije n’Abanyarwanda mu kwibuka ku nshuro ya 30 abazize genocide. Turunamira abantu amagana b’Abatutsi, Abahutu n’Abatwa n’abandi baburiye ubuzima mu minsi 100 y’ihohoterwa ritavugwa.”

Ubutumwa bwa Antony Blinken bw’umvikanye nabi no gupfobya genocide yakorewe Abatutsi, kuko bizwi neza ko yahitanye inzira karengane z’Abatutsi barenga miliyoni imwe mu minsi 100, ndetse bamwe mu Banyarwanda bakaba bahise bamagana iyi mvugo ya Blinken.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, muri iki kiganiro yagiranye n’abanyamakuru yabajijwe icyo avuga kuri ibi byatangajwe na Antony Blinken, Kagame avuga ko Amerika yifatanije n’u Rwanda mu muhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi, kuko yohereje Bill Clinton wayiyoboye, waje ayoboye intumwa zahagarariye perezida Joe Biden.

Paul Kagame w’u Rwanda yavuze ko yanagiranye ibiganiro na Clinton byagutse, yaba ari ku mubano w’i bihugu byombi, ndetse no ku zindi ngingo z’ingirakamaro.

Yavuze kuri iyi mvugo ya Blinken ipfobya genocide yakorewe Abatutsi, ubundi ari ikibazo cyatanzweho umurongo mu gihe gitambutse nko muri 2015 nomuri 2014, ubwo twatangaga ubutumwa ku Isi yose yari yifatanije natwe mu kwibuka. Icyo gihe twakiriye ubutumwa bwavugaga ku ruhande rumwe kwibuka ndetse no kwifatanya natwe, ndetse n’ibindi kandi byari mu murongo muzima, hari ubundi bwavugaga ibindi nka demokarasi, uburenganzira bwa muntu, ubwisanzure, ibintu nk’ibyo ubundi bitari ikibazo mu gihugu cyacu.”

Paul Kagame yavuze ko icyo gihe u Rwanda rwandikiye ibarura Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari nawe uyiyandikiye, ati: “Icyo nababwiye ni ibintu bine. Icyambere: Nababwiyeko USA cyangwa indi Guverinoma y’ikindi gihugu, bafite uburenganzira bwo kutubwira ibyo bashaka byose byaba bidushimisha cyangwa bitadushimisha. Ibyo nta kibazo.

Perezida Paul Kagame yavuze ko ikintu cy’ingenzi kuriwe n’uko kuri uyu munsi wo kwibuka, byadushimisha igihe mwakwibukana natwe. Iz’i ngingo zindi utubwira, dufite ikintu kimwe tubasaba, kuko ni ingenzi kuri twe, mu ibarua narababwiye nti “mwemerewe kwifatanya natwe mu kwibuka ni mubishaka, kandi mwisanzure kutubwira ibyo mutatwishimiraho byose ariko turabasaba ikintu kimwe, niba ari ku munsi wo kwibuka tariki ya 07/04, mwajya mwemera mugaca bugufi bihagije mukaduha uwo munsi mukibukana natwe, ubundi mugahagararira aho.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yakomeje avuga ko muri ubwo butumwa yageneye USA, yayibukije ko umwaka ugira iminsi 365, bityo ko uwo munsi umwe yajya yifatanya n’u Rwanda byuzuye, ubundi indi isigaye uko ari 364 bakajya bashinja u Rwanda buricyo barunengaho.

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yasoje avuga ko ibi byari byumvikanyweho, ndetse ko ari bwo buryo ibindi byaje nyuma cyangwa bizaza mu bihe biri imbere, atabifiteho ikibazo.

             MCN.
Tags: Perezida Paul Kagame w'u RwandaYakorewe AbatutsiYavuze ku mvugo zipfobya genocide
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bayobozi bafataga ibyemezo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yaburiwe irengero.

Umwe mu bayobozi bafataga ibyemezo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yaburiwe irengero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?