• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bagarutse ku mutekano ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bagarutse ku mutekano ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuganye na mugenzi we w’u Bufaransa ku kibazo cy’u mutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu butumwa ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda byashize hanze kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23/04/2024, bivuga ko perezida Paul Kagame na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, baganiriye bakoresheje umurongo wa telephone, bavuga ku kibazo cy’u Burasirazuba bwa RDC.

Nti bikunda ko umutegetsi w’u Rwanda cyangwa uwa RDC yagirana ibiganiro n’abategetsi bo ku mugabane w’u Burayi n’Amerika bakareka kuvuga ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

U Burasirazuba bwa RDC bumazemo imyaka irenga ibiri bu beramo intambara ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Ubutegetsi bwa Kinshasa buvuga ko M23 ifashwa n’u Rwanda kurwana intambara, ku rundi ruhande u Rwanda rwo rukomeza kwa magana ibyo birego hubwo rugashinja Tshisekedi n’ubutegetsi bwe gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu 1994.

Kuri ibyo, ibiro by’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda bikoresheje urubuga rwa x, byatangaje ko “perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Emmanuel Macron w’u Bufaransa bagiranye ibiganiro by’ingirakamaro mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Bivuga ko ahanini ibyo biganiro by’abakuru b’ibihugu byombi byagarutse ku bufatanye bw’ibihugu byombi.”

Ibi biro by’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda, bivuga kandi ko aba bakuru bi bihugu byombi baganiriye no ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Muri ibyo biganiro ngo banavuze ko ibiganiro by’i Luanda na Nairobi bigomba ku garukwaho kugira ngo harebwe icyakorwa kugira ngo amahoro agaruke mu karere.

Muri iki gihe abasesenguzi benshi bemeza ko umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa uhagaze neza, nyuma yaho icyo gihugu cy’u Bufaransa cyemeye ko cyagize uruhare muri genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Hagati aho u Rwanda ruri mu bihugu by’umva icyo M23 irwanira kuko ruri no mu Bihugu bicumbikiye impunzi z’Abanyekongo ninshi zakuwe mu byabo ku bera intambara ibera muri icyo gihugu cya Congo.

             MCN.
Tags: Baganiriye ku kibazo cy'u Burasirazuba bwa RDCEmmanuel MacronPaul Kagame w'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Rwambikanye hagati muri Maï Maï, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Rwambikanye hagati muri Maï Maï, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?