Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yasubije mugenzi we Tshisekedi kubirebana na mabwiriza yatanze kugira ngo bazakorane ibiganiro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 25, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yasubije mugenzi we Tshisekedi kubirebana na mabwiriza yatanze kugira ngo bazakorane ibiganiro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yasubije mugenzi we Félix Tshisekedi Tshilombo watanze ibisabwa kugira azahure nawe.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Ni mu kiganiro Perezida w’u Rwanda yagiranye na Jeunne Afrique cyasohotse kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25/03/2024.

Muri iki kiganiro perezida Paul Kagame yabajijwe icyo avuga ku biheruka gutangazwa na Félix Tshisekedi watangaje ko yiteguye guhura na Kagame ngo mu gihe azaba yamaze kuvana Ingabo ze ku butaka bw’igihugu cya RDC, ndetse ngo n’u mutwe wa M23 ukaba waramaze gusubira aho wasabwe kujya.”

Igisubizo cya perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yasubije ko “kuba Tshisekedi yaratangiye ku byo yifuza ko bibanza gushyirwa mu bikorwa, yaratangiye inzira mbi, ariko ko afite icyo yabivugiye.”

Paul Kagame avuga ko nawe agendeye ku bigomba kubanza gushyirwa mu bikorwa, hari ibyo yagakwiye gusaba ko bishyirwa mu bikorwa, ku buryo nawe yavuga ko “sinzahura na perezida Félix Tshisekedi mu gihe cyose atarakosora ibyo yatangaje, birimo gutera u Rwanda, gukuraho ubutegetsi buriho bw’u Rwanda, kandi yabivugiye ku karubanda, nanjye nagakwiye kuvuga ko tutahura igihe FDLR itarava muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, nanjye navuga ko ntazahura na Tshisekedi, ndetse n’ibindi byinshi. Ibyo ubwabyo ntabwo byazana amahoro.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yanavuze ko ibyasabwe na Tshisekedi byubakiye ku binyoma, nko kuba yaravuze ko ingabo z’u Rwanda ziri muri RDC. Avuga ko ntampamvu n’imwe u Rwanda rwajya muri ibyo bibazo byo muri Congo.

Yakomeje avuga ko “Abashinja u Rwanda kuba muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyangwa ingabo z’u Rwanda kuba ziri muri RDC, nanjye nakabajije nti ‘kuki mwumva ko u Rwanda rwajya muri RDC?’ Ese kwaba ari ukujya kwinezezayo, kujyana Ingabo zacu muri biriya bibazo biri mu Burasirazuba bwa RDC?”

Kagame avuga kandi ko abashinja u Rwanda ibi bibazo bagomba kubanza kwibaza impamvu banyura ku ruhande ikibazo kiri muri RDC cyagakwiye gutuma ahubwo u Rwanda rujyayo.”

Kagame akaba yanavuze ko ikibazo cya mbere kiri muri RDC kiri imbere muri icyo gihugu, hakaba n’ikindi gikomoka ku mpamvu zo hanze yacyo.

Yagize ati: “U ruhande rw’i mbere ni M23, igizwe n’Abanyekongo uko wabita kose, bafite abantu ibihumbi ijana by’impunzi bari hano mu Rwanda.”

Yavuze ko bamwe muri bo bamaze imyaka 23 mu Rwanda, mu gihe hari n’abagera mu bihumbi 15 baherutse kuza muri iyi myaka ubwo imirwano yuburaga, bose bagiye bahunga akarengane bakorerwa mu gihugu cyabo.

Kagame avuga ko M23 atariwe muzi w’i kibazo gikwiye kubanza gushakirwa umuti.

           MCN.
Tags: KagameM23TshisekediU Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Abarwanyi ba Maï Maï, biciwe mu birombe bicukurwamo amabuye y’agaciro mu gace ka Mutcatcha.

Abarwanyi ba Maï Maï, biciwe mu birombe bicukurwamo amabuye y'agaciro mu gace ka Mutcatcha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?