• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame, yahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame, yahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyo umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yatangaje ubwo yabazwaga n’umunyakuru Eleni Giokos, ukorera ikinyamakuru cya CNN.

Perezida Paul Kagame yavuze ko amatora ari yo azagena niba koko ari we mukandida ukwiye gutorerwa kuyobora u Rwanda, maze Kagame mu ijwi rituje ati: “Byaba byiza abantu bayategereje.”

Iki kiganiro perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yakigiranye n’umunyakuru Eleni Giokos, ubwo yari i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho yageze tariki ya 11/02/2024.

Umunyamakuru yabajije Paul Kagame niba afite icyizere cyo gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba muri uy’u mwaka mu Rwanda, undi nawe amusubiza ko ‘ibizava muri ayo matora aribyo bizaca impaka.’

Yagize ati: “Amatora abereyeho abaturage ngo bahitemo aba bikwiriye bujuje ibisabwa, tuzareba ibikorwa ni byo bizivugira.”

Biteganijwe ko amatora mu Rwanda azaba tariki ya 15/07/2024, ndetse bakazatora n’abadepite.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame ni umwe mubakandida bazahatana muri ayo matora, ndetse akaba ari nawe uri guhabwa amahirwe menshi yo kuzegukana intsinzi, nk’uko bigaragazwa ku mbuga nkoranya mbaga ninshi z’Abanyarwanda.

Perezida Paul Kagame ya yoboye u Rwanda kuva mu mwaka w’ 2000.

Bruce Bahanda.

Tags: Paul KagameYahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibihuha bya vuzwe ku rupfu rwa Chef Mburu, waguye mu Bibogobogo, nta gaciro byahawe.

Ibihuha bya vuzwe ku rupfu rwa Chef Mburu, waguye mu Bibogobogo, nta gaciro byahawe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?