• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Putin yategetse igisirikare cye gutegura bya bibunda byorimbura Isi.

minebwenews by minebwenews
November 29, 2024
in World News
0
Perezida Putin yategetse igisirikare cye gutegura bya bibunda byorimbura Isi.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Putin yategetse igisirikare cye gutegura bya bibunda byorimbura Isi.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya, Vladimir Putin yahanguye ko ibisasu bikomeye bya misile bizwi nka satan 2 bitegurwa kugira ngo bibe bya koreshwa mu ntambara igihugu cye gihangamo na Ukraine.

Ibisasu bivugwa bifite imbaraga zidasanzwe, ndetse mu buryo butigeze kubaho, kandi nta n’ikoranabuhanga ririho rishobora kubihagarika.

Izina ry’ibyo bisasu nyaryo ni “RS-28 Sarmat” bizwi ko kandi bifite ubushobozi bwo kujijisha radari z’abanzi banyirabyo.

Ni ibisasu kandi bifite ubushobozi bwo kurasa muri kirometero ibihumbi 10 uvuye aho kiba cyarasiwe, bigira imitwe 12 y’ibiturika ndetse bikaba bishobora gushwanyaguza ahantu hafite ubutaka bungana n’igihugu cy’u Bufaransa, bivuze ahantu hangana na km² 675.

Amakuru avuga ko kuri ubu u Burusiya buri gushaka gukoresha ibi bisasu kuri Ukraine, ni mu gihe ku wa kabiri w’iki Cyumweru bwatanze umuburo w’uko buri gutegura gusubiza iki gihugu cya Ukraine cyari cyabarasheho gikoresheje ibisasu byo mu bwoko bwa ATACMS cyahawe na Amerika.

Bushinja kandi Ukraine kuba iheruka kubarasisha ibindi bisasu byo mu bwoko bwa Storm Shadow yahawe n’u Bwongereza.

Ku rundi ruhande, andi makuru avuga ko perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ateganya guha Ukraine ibisasu kirimbuzi mbere yo kuva ku butegetsi.

Minisiteri y’ubabanye n’amahanga y’u Burusiya iheruka gutangaza ko mu gihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaha Ukraine ibisasu kirimbuzi ko byaba ari nk’ubwiyahuzi kandi ko yaba igushije Isi mu byago itigeze kubona.

Tags: KirimbuziPutin VladimirRS-28 Sarmat
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Meeting y’ingabo za FARDC n’abaturage mu Minembwe irarangiye.

Meeting y'ingabo za FARDC n'abaturage mu Minembwe irarangiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?