Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Putin yategetse igisirikare cye gutegura bya bibunda byorimbura Isi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 29, 2024
in World News
0
Perezida Putin yategetse igisirikare cye gutegura bya bibunda byorimbura Isi.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Putin yategetse igisirikare cye gutegura bya bibunda byorimbura Isi.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya, Vladimir Putin yahanguye ko ibisasu bikomeye bya misile bizwi nka satan 2 bitegurwa kugira ngo bibe bya koreshwa mu ntambara igihugu cye gihangamo na Ukraine.

Ibisasu bivugwa bifite imbaraga zidasanzwe, ndetse mu buryo butigeze kubaho, kandi nta n’ikoranabuhanga ririho rishobora kubihagarika.

Izina ry’ibyo bisasu nyaryo ni “RS-28 Sarmat” bizwi ko kandi bifite ubushobozi bwo kujijisha radari z’abanzi banyirabyo.

Ni ibisasu kandi bifite ubushobozi bwo kurasa muri kirometero ibihumbi 10 uvuye aho kiba cyarasiwe, bigira imitwe 12 y’ibiturika ndetse bikaba bishobora gushwanyaguza ahantu hafite ubutaka bungana n’igihugu cy’u Bufaransa, bivuze ahantu hangana na km² 675.

Amakuru avuga ko kuri ubu u Burusiya buri gushaka gukoresha ibi bisasu kuri Ukraine, ni mu gihe ku wa kabiri w’iki Cyumweru bwatanze umuburo w’uko buri gutegura gusubiza iki gihugu cya Ukraine cyari cyabarasheho gikoresheje ibisasu byo mu bwoko bwa ATACMS cyahawe na Amerika.

Bushinja kandi Ukraine kuba iheruka kubarasisha ibindi bisasu byo mu bwoko bwa Storm Shadow yahawe n’u Bwongereza.

Ku rundi ruhande, andi makuru avuga ko perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ateganya guha Ukraine ibisasu kirimbuzi mbere yo kuva ku butegetsi.

Minisiteri y’ubabanye n’amahanga y’u Burusiya iheruka gutangaza ko mu gihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaha Ukraine ibisasu kirimbuzi ko byaba ari nk’ubwiyahuzi kandi ko yaba igushije Isi mu byago itigeze kubona.

Tags: KirimbuziPutin VladimirRS-28 Sarmat
Share31Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Meeting y’ingabo za FARDC n’abaturage mu Minembwe irarangiye.

Meeting y'ingabo za FARDC n'abaturage mu Minembwe irarangiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?