Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, akaba n’umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 25, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, akaba n’umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yasabwe Kubahiriza amasezerano ya Luanda n’aya Nairobi hagamijwe ko amahoro agaruka mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni mu kiganiro cya perezida Félix Tshisekedi na Salva Kiir Mayardit, perezida wa Sudan y’Epfo akaba n’umuyobozi mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC).

Ahagana isaha z’umugoroba zokuri uy’u wo ku Cyumweru, tariki ya 24/03/2024, n’ibwo Salva Kiir Mayardit yakiriwe na Tshisekedi i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili ya kiriwe na minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde.

Ibiganiro bya bakuru bombi byibanze uko amahoro n’umutekano byo garuka mu Burasirazuba bw’icyo gihugu cya RDC.

Ukuriye ibiro by’u mukuru w’igihugu cya RDC, Lily Adhieu Martin yatangaje ko umukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, ashigikira ko ibihugu byabana ariko hakirindwa ubushotoranyi no kubaha imipaka ihuza ibihugu.”

Yatangaje kandi ko abakuru b’ibihugu bombi Kiir na Tshisekedi ko baganiriye ku cyakorwa kugira ngo amasezerano ya Nairobi na Luanda y’ubahirizwe no kurebera hamwe icyo kogwa kugira umwuka mubi uri hagati ya RDC n’u Rwanda ushiraho burundu.”

Mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka turimo Salva Kiir Mayardit yageze i Kinshasa, mbere y’uko yari yabanjye kuja i Burundi na Kigali, m’urwego rwo kurebera hamwe uko ibihugu byose bivuga rumwe maze amahoro n’umutekano bikagaruka mu karere.

Biteganijwe ko Salva Kiir ava i Kinshasa yerekeza muri Angola ku ganira na perezida João Lourenço umuhuza wagenwe n’umuryango w’ubumwe bw’Afrika ku makimbirane y’u Rwanda na Congo Kinshasa.

          MCN.
Tags: Amasezerano ya Luanda na NairobiKiir MayarditUbutegetsi bwa TshisekediYagize icyasaba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Rwo ngeye kwa mbikanira mu bice bya Kamuronza, ni hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abo bafatanya.

Rwo ngeye kwa mbikanira mu bice bya Kamuronza, ni hagati ya M23 n'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'abo bafatanya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?