• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, akaba n’umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
March 25, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, akaba n’umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yasabwe Kubahiriza amasezerano ya Luanda n’aya Nairobi hagamijwe ko amahoro agaruka mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

You might also like

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ni mu kiganiro cya perezida Félix Tshisekedi na Salva Kiir Mayardit, perezida wa Sudan y’Epfo akaba n’umuyobozi mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC).

Ahagana isaha z’umugoroba zokuri uy’u wo ku Cyumweru, tariki ya 24/03/2024, n’ibwo Salva Kiir Mayardit yakiriwe na Tshisekedi i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili ya kiriwe na minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde.

Ibiganiro bya bakuru bombi byibanze uko amahoro n’umutekano byo garuka mu Burasirazuba bw’icyo gihugu cya RDC.

Ukuriye ibiro by’u mukuru w’igihugu cya RDC, Lily Adhieu Martin yatangaje ko umukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, ashigikira ko ibihugu byabana ariko hakirindwa ubushotoranyi no kubaha imipaka ihuza ibihugu.”

Yatangaje kandi ko abakuru b’ibihugu bombi Kiir na Tshisekedi ko baganiriye ku cyakorwa kugira ngo amasezerano ya Nairobi na Luanda y’ubahirizwe no kurebera hamwe icyo kogwa kugira umwuka mubi uri hagati ya RDC n’u Rwanda ushiraho burundu.”

Mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka turimo Salva Kiir Mayardit yageze i Kinshasa, mbere y’uko yari yabanjye kuja i Burundi na Kigali, m’urwego rwo kurebera hamwe uko ibihugu byose bivuga rumwe maze amahoro n’umutekano bikagaruka mu karere.

Biteganijwe ko Salva Kiir ava i Kinshasa yerekeza muri Angola ku ganira na perezida João Lourenço umuhuza wagenwe n’umuryango w’ubumwe bw’Afrika ku makimbirane y’u Rwanda na Congo Kinshasa.

          MCN.
Tags: Amasezerano ya Luanda na NairobiKiir MayarditUbutegetsi bwa TshisekediYagize icyasaba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails
Next Post
Rwo ngeye kwa mbikanira mu bice bya Kamuronza, ni hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abo bafatanya.

Rwo ngeye kwa mbikanira mu bice bya Kamuronza, ni hagati ya M23 n'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'abo bafatanya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?