• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump na mugenzi we Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2025
in World News
0
Perezida Trump na mugenzi we Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump na mugenzi we Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump na perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, bagiranye ikiganiro cyiswe icy’amateka, ni mu gihe bari baheruka gushwana.

Ikiganiro cy’aba bakuru bibihugu, uwa Ukraine n’uwa Amerika, cyabaye mbere yuko bitabira umuhango wo gushyingura Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana mu mpera z’iki cyumweru turimo dusoza i Vatikani.

White House, ari nayo biro bikuru bya perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yatangaje ko Donald Trump na Volodymyr Zelensky, ikiganiro cyabo cyamaze iminota 15 gusa. Kandi ko ikiganiro cyabo cyabereye muri Bazilika ya mutagatifu Petero. Ivuga ko kandi byagenze neza.

Ni byo na perezida Zelensky yahamije, aho nawe yaje gutangaza nyuma, avuga ko ibiganiro bye na Trump byabaye mu mwuka mwiza.

Hejuru y’ibyo, Trump mbere yuko ava i Vatikani, yakoresheje urubuga rwa Truth, atangaza ko abona ko nta mpamvu ihari ituma u Burusiya bukomeza kugaba ibitero kuri Ukraine .

U Burusiya bukaba nabwo ubwabwo bwari buheruka gutangaza ko bwemereye Amerika ko bwiteguye kuganira na Ukraine ntayandi mananiza.

Ibi biganiro hagati ya Trump na Zelensky, bibaye mu gihe mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka, batonganye ubwo bari muri White House, ndetse abari kumwe na Zelensky muri uru ruzinduko yari yagiriye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika basohorwa muri White House huti huti.

Tags: AmatekaikiganiroTrumpZelensky
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?