• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump na mugenzi we Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 27, 2025
in World News
0
Perezida Trump na mugenzi we Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump na mugenzi we Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe.

You might also like

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump na perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, bagiranye ikiganiro cyiswe icy’amateka, ni mu gihe bari baheruka gushwana.

Ikiganiro cy’aba bakuru bibihugu, uwa Ukraine n’uwa Amerika, cyabaye mbere yuko bitabira umuhango wo gushyingura Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana mu mpera z’iki cyumweru turimo dusoza i Vatikani.

White House, ari nayo biro bikuru bya perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yatangaje ko Donald Trump na Volodymyr Zelensky, ikiganiro cyabo cyamaze iminota 15 gusa. Kandi ko ikiganiro cyabo cyabereye muri Bazilika ya mutagatifu Petero. Ivuga ko kandi byagenze neza.

Ni byo na perezida Zelensky yahamije, aho nawe yaje gutangaza nyuma, avuga ko ibiganiro bye na Trump byabaye mu mwuka mwiza.

Hejuru y’ibyo, Trump mbere yuko ava i Vatikani, yakoresheje urubuga rwa Truth, atangaza ko abona ko nta mpamvu ihari ituma u Burusiya bukomeza kugaba ibitero kuri Ukraine .

U Burusiya bukaba nabwo ubwabwo bwari buheruka gutangaza ko bwemereye Amerika ko bwiteguye kuganira na Ukraine ntayandi mananiza.

Ibi biganiro hagati ya Trump na Zelensky, bibaye mu gihe mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka, batonganye ubwo bari muri White House, ndetse abari kumwe na Zelensky muri uru ruzinduko yari yagiriye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika basohorwa muri White House huti huti.

Tags: AmatekaikiganiroTrumpZelensky
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

by Bruce Bahanda
August 12, 2025
0
U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera. U Bushinwa bwanenze Leta Zunze ubumwe z'Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera zishingiye kukuba bugurira peteroli mu Burusiya. Byagarutsweho na...

Read moreDetails

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe. Indege y'igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b'igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana. Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku...

Read moreDetails

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Rwanda has officially embarked on the rollout of its new Single Digital Identification System (SDIS), a cutting-edge platform designed to revolutionize identity management in the country. The initiative,...

Read moreDetails

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano. Muri Israel abantu babarirwa mu bihumbi imirongo biraye mu mihanda y'umujyi w'i Tel Aviv, mu myigaragambyo yo kwamagana...

Read moreDetails

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, na perezida Vladimir Putin w'u Burusiya, bemeranyije...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?