Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump na mugenzi we Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 27, 2025
in World News
0
Perezida Trump na mugenzi we Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump na mugenzi we Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe.

You might also like

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump na perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, bagiranye ikiganiro cyiswe icy’amateka, ni mu gihe bari baheruka gushwana.

Ikiganiro cy’aba bakuru bibihugu, uwa Ukraine n’uwa Amerika, cyabaye mbere yuko bitabira umuhango wo gushyingura Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana mu mpera z’iki cyumweru turimo dusoza i Vatikani.

White House, ari nayo biro bikuru bya perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yatangaje ko Donald Trump na Volodymyr Zelensky, ikiganiro cyabo cyamaze iminota 15 gusa. Kandi ko ikiganiro cyabo cyabereye muri Bazilika ya mutagatifu Petero. Ivuga ko kandi byagenze neza.

Ni byo na perezida Zelensky yahamije, aho nawe yaje gutangaza nyuma, avuga ko ibiganiro bye na Trump byabaye mu mwuka mwiza.

Hejuru y’ibyo, Trump mbere yuko ava i Vatikani, yakoresheje urubuga rwa Truth, atangaza ko abona ko nta mpamvu ihari ituma u Burusiya bukomeza kugaba ibitero kuri Ukraine .

U Burusiya bukaba nabwo ubwabwo bwari buheruka gutangaza ko bwemereye Amerika ko bwiteguye kuganira na Ukraine ntayandi mananiza.

Ibi biganiro hagati ya Trump na Zelensky, bibaye mu gihe mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka, batonganye ubwo bari muri White House, ndetse abari kumwe na Zelensky muri uru ruzinduko yari yagiriye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika basohorwa muri White House huti huti.

Tags: AmatekaikiganiroTrumpZelensky
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye. Abayobozi b'Ingabo muri Iran baguye mu gitero gikomeye cyagabwe n'igisirikare cya Israel muri icyo gihugu. Ni igitero Israel...

Read moreDetails

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Uwarokotse mu mpanuka y'indege ya Air India. Umuntu umwe ni we warokotse impanuka y'indege ya Air India yaritwaye abagenzi 243, aho iyi ndege yakoze impanuka ikomeye, nyuma y'aho...

Read moreDetails

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye. Mu Buhinde habereye impanuka idasanzwe y'indege yaritwaye abantu 242 nyuma y'aho yarimaze akanya gato imaze gufata ikirere. Uyu munsi...

Read moreDetails

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye. Ishyaka rya CNDD-FDD rya perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ryikubiye imyanya yose mu nteko ishinga amategeko, ni...

Read moreDetails

Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.

Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe. Uwise perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Miseveni Imana, umuhungu we ari na we mugaba mukuru w'Ingabo z'iki gihugu akamwita umwana w'Imana bamwamaganye. Uwabivuze...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

Perezida Museveni yagaragaje utuma intambara itarangira muri Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?