• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

minebwenews by minebwenews
July 15, 2025
in World News
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na we bitararangira .

Ni mu kiganiro Trump yagiranye na BBC aho iki gitangazamakuru cyamubazaga niba yizera perezida w’u Burusiya.

Muri ki kiganiro, perezida Trump, yabanje kubazwa icyo atekereza kwigerageza ryo ku mwica ryabayeho ubwo yarimo yiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu umwaka ushize.

Na we asubiza ati: “Sinkunda kubitekerezaho.”

Yongera kandi ati: “Bishobora guhindura ubuzima bwanjye. Ni yo mpamvu mpitamo kubyirengangiza.”

Nyuma, yahise agaruka mu buryo burambuye uburyo yatengushwe na perezida w’u Burusiya.

Yavuze ko yari yaratekereje ko amasezerano yo kurangiza intambara muri Ukraine yashoboraga kugerwaho n’u Burusiya mu bihe bine bitandukanye.

Maze ashimangira ko Putin yamutengushye, ariko ko atararangizanya na we, ati: “Yarantengushye, ariko sindakurayo amaso. Sindaheba.”

Yanabijijwe icyakorwa kugira ngo Putin areke kumena amaraso, maze na we ati: “Turimo kubikoraho. Bizagira iherezo.”

Yakomeje agira ati: “Rimwe na rimwe tugirana ibiganiro byiza, nkavuga nti, ahari agiye kwisubiraho areke intambara. Ariko naja kumva, nkumva yasenye inyubako i Kyiv.”

Trump kandi yabajijwe niba abona abategetsi bo kumigabane itandukanye bamwishimira, asubiza ati: “Mbona gusa bagerageza kunyitwaraho neza.”

Yavuze kandi ko abategetsi b’ibihugu nk’u Budage, u Bufaransa na Espanye, bagezaho bamwubaha bubaha nibyemezo afata, ngo kubera ko ku ruhande rumwe bitewe no kuba aba bategetsi ndetse n’abandi bo mu bindi bihugu bemera ko hari impano nyinshi umuntu aba afite kugira ngo bibeho ko atorwa inshuro zirenga imwe kuba umukuru w’igihugu.

Tags: BBCPutinTrumpYamutengushye
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?