• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 15, 2025
in World News
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

You might also like

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na we bitararangira .

Ni mu kiganiro Trump yagiranye na BBC aho iki gitangazamakuru cyamubazaga niba yizera perezida w’u Burusiya.

Muri ki kiganiro, perezida Trump, yabanje kubazwa icyo atekereza kwigerageza ryo ku mwica ryabayeho ubwo yarimo yiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu umwaka ushize.

Na we asubiza ati: “Sinkunda kubitekerezaho.”

Yongera kandi ati: “Bishobora guhindura ubuzima bwanjye. Ni yo mpamvu mpitamo kubyirengangiza.”

Nyuma, yahise agaruka mu buryo burambuye uburyo yatengushwe na perezida w’u Burusiya.

Yavuze ko yari yaratekereje ko amasezerano yo kurangiza intambara muri Ukraine yashoboraga kugerwaho n’u Burusiya mu bihe bine bitandukanye.

Maze ashimangira ko Putin yamutengushye, ariko ko atararangizanya na we, ati: “Yarantengushye, ariko sindakurayo amaso. Sindaheba.”

Yanabijijwe icyakorwa kugira ngo Putin areke kumena amaraso, maze na we ati: “Turimo kubikoraho. Bizagira iherezo.”

Yakomeje agira ati: “Rimwe na rimwe tugirana ibiganiro byiza, nkavuga nti, ahari agiye kwisubiraho areke intambara. Ariko naja kumva, nkumva yasenye inyubako i Kyiv.”

Trump kandi yabajijwe niba abona abategetsi bo kumigabane itandukanye bamwishimira, asubiza ati: “Mbona gusa bagerageza kunyitwaraho neza.”

Yavuze kandi ko abategetsi b’ibihugu nk’u Budage, u Bufaransa na Espanye, bagezaho bamwubaha bubaha nibyemezo afata, ngo kubera ko ku ruhande rumwe bitewe no kuba aba bategetsi ndetse n’abandi bo mu bindi bihugu bemera ko hari impano nyinshi umuntu aba afite kugira ngo bibeho ko atorwa inshuro zirenga imwe kuba umukuru w’igihugu.

Tags: BBCPutinTrumpYamutengushye
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by Bruce Bahanda
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by Bruce Bahanda
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by Bruce Bahanda
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails
Next Post
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?