Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 24, 2025
in World News
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, nyuma y’aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo kubaka urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile.

Mu minsi ishize ni bwo perezida Trump yatangaje ko urugemero rwa Grand-Ethiopia ruherereye ku mugezi wa Nile ahanini rwubatswe n’amafaranga ya Amerika.

Ni urugomero bivugwa ko ari rwo runini ku mugabane wa Afrika, ndetse kandi rukaba rwari rumaze imyaka 14 rwubakwa, nyuma y’uko rwuzuye muri uku kwezi turimo.

Muri iyi myaka 14 rwamaze rwubakwa, abategetsi b’iki gihugu cya Ethiopia bavuga ko guverinoma yabo kwariyo yateye inkunga imirimo yo kurwubaka ifatanyije n’abaturage.

Nyuma y’aho Trump atangaje iby’uru rugemero ko ari igihugu cye cyateye inkunga yo kurwubaka, umuyobozi wungirije mu biro bishinzwe guhuza ibikorwa bya ruriya rugomero, yatangaje ko amagambo ya perezida Donald Trump ari “ibinyoma bibi kandi ngo bisenya.”

Ahamya ko uru rugomero rw’ubatswe nta nkunga n’imwe y’amahanga irutanzweho.

Nyamara sibwo bwa mbere Trump avuga ko urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile rwatangiye gutanga umuriro w’amashanyarazi muri 2022 mbere yo kuzura burundu muri uku kwezi ko rw’ubatswe ku nkunga ya Amerika.

Uru rugemero byari biteganyijwe ko ruzubakwa mu gihe cy’imyaka 6, rugatwara miliyari 4 z’amadolari y’Amerika.

Gusa, nyuma yokuzura abanya-Ethiopia bakomeje gutanga imisanzu yo kurwubaka, dore ko kugeza muri uyu mwaka hari hamaze gukusanywa abarirwa muri miliyari 12.

Mu kuzura k’uru rugemero, byanejeje abanya-Ethiopia barwitezeho ko rubaha umuriro w’amashanyarazi, kuko abatari bake muri bo ntawe bagiraga.

Tags: Grand-EthiopiaTrumpUmunyakinyomaUrugomero
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails
Next Post
Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

Avugwa i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?