• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, November 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2025
in World News
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

You might also like

Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, nyuma y’aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo kubaka urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile.

Mu minsi ishize ni bwo perezida Trump yatangaje ko urugemero rwa Grand-Ethiopia ruherereye ku mugezi wa Nile ahanini rwubatswe n’amafaranga ya Amerika.

Ni urugomero bivugwa ko ari rwo runini ku mugabane wa Afrika, ndetse kandi rukaba rwari rumaze imyaka 14 rwubakwa, nyuma y’uko rwuzuye muri uku kwezi turimo.

Muri iyi myaka 14 rwamaze rwubakwa, abategetsi b’iki gihugu cya Ethiopia bavuga ko guverinoma yabo kwariyo yateye inkunga imirimo yo kurwubaka ifatanyije n’abaturage.

Nyuma y’aho Trump atangaje iby’uru rugemero ko ari igihugu cye cyateye inkunga yo kurwubaka, umuyobozi wungirije mu biro bishinzwe guhuza ibikorwa bya ruriya rugomero, yatangaje ko amagambo ya perezida Donald Trump ari “ibinyoma bibi kandi ngo bisenya.”

Ahamya ko uru rugomero rw’ubatswe nta nkunga n’imwe y’amahanga irutanzweho.

Nyamara sibwo bwa mbere Trump avuga ko urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile rwatangiye gutanga umuriro w’amashanyarazi muri 2022 mbere yo kuzura burundu muri uku kwezi ko rw’ubatswe ku nkunga ya Amerika.

Uru rugemero byari biteganyijwe ko ruzubakwa mu gihe cy’imyaka 6, rugatwara miliyari 4 z’amadolari y’Amerika.

Gusa, nyuma yokuzura abanya-Ethiopia bakomeje gutanga imisanzu yo kurwubaka, dore ko kugeza muri uyu mwaka hari hamaze gukusanywa abarirwa muri miliyari 12.

Mu kuzura k’uru rugemero, byanejeje abanya-Ethiopia barwitezeho ko rubaha umuriro w’amashanyarazi, kuko abatari bake muri bo ntawe bagiraga.

Tags: Grand-EthiopiaTrumpUmunyakinyomaUrugomero
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye Komisiyo y'amatora mu gihugu cya Tanzania, yatangaje ko "Samia Suluhu Hassan ariwe watsinze amatora y'umukuru w'igihugu, aho yayatsinze ku majwi 97, 66%....

Read moreDetails

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe Imyigaragambyo ikomeje mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w'iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yiyamamaza;...

Read moreDetails

Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

Akajagari kadasanzwe mu matora y'umukuru w'igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera Mu gihe muri Tanzania hari amatora y'umukuru w'igihugu, imyigaragambyo na yo iracya igiti, aho urubyiruko...

Read moreDetails

Hagaragajwe ko umugore wa perezida w’u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n’icyarimuteye

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
Hagaragajwe ko umugore wa perezida w’u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n’icyarimuteye

Hagaragajwe ko umugore wa perezida w'u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n'icyarimuteye Umukobwa wa Brigitte Macron(muka perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa), yabwiye urukiko rwo muri iki gihugu cye, ruherereye...

Read moreDetails

Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka

Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka Indege nto ya gisivili yaritwaye abagenzi 12 yakoze impanuka bose bitaba Imana, nk'uko amakuru aturuka muri Kenya byabeye abitangaza. Iyi mpanuka yabaye...

Read moreDetails
Next Post
Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

Avugwa i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?