• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Perezida Tshisekedi ari kanga umuhisi n’umugenzi.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi ari kanga umuhisi n’umugenzi.

You might also like

Icyo amakuru avuga kuri Gen Gasita watumwe i Uvira

RDC: Ababarirwa mu mirongo bishwe na ADF

AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

Nyuma y’aho umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, aketse ko hari abasirikare bashaka ku muhirika k’u butegetsi, yahise atangira gufunga bamwe muri bo, ariko kuri ubuho yabujije ingendo kuba ofisiye bose mu ngabo na polisi.

Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’igisirikare cya RDC, aho riteweho umukono n’Umugaba mukuru w’Ingabo zacyo, Lt.Gen. Banza Jules.

Iri tangazo ritangira rimenyesha abayobozi bakuru muri FARDC guhita bahagarika gukora ingendo bakimara kubona ubu butumwa, haba mu gihugu imbere cyangwa hanze yacyo.

Rikomeza rivuga ko ibi bireba Abapolisi n’abasirikare bakuru, kandi ko n’abari Kinshasa batemerewe kuyivamo, ahubwo ko buri wese akwiye gukomeza gukorera ahari kugeza igihe irindi tegeko rishya rizasohokera.

Ibi bije bikurikira ifungwa ry’uwahoze ari umugaba mukuru w’Ingabo, Christian Tshiwewe, wafunganwe n’abandi bayobozi barimo n’uwari ushyinzwe ibikorwa bya gisirikare muri perezidansi.

Ifungwa ryabo, hari amakuru avuga ko bazize gushaka gukubita Coup d’etat Tshisekedi, ndetse kandi ko hari n’umugambi wo kumwivugana.

Ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko izi ngendo zahagaritswe, kubera ko i Kinshasa bari guhwihwisa ko aba ofisiye benshi bifuza kwihuza n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, ubundi bagangana na Tshisekedi.

Tags: ArikangaIngendoUmuhisi n'umugenzi
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga kuri Gen Gasita watumwe i Uvira

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Icyo amakuru avuga kuri Gen Gasita watumwe i Uvira Abagize ihuriro rya Wazalendo bakorera muri Uvira mu ntara ya Kivu y'Amaj'epfo, batangaje ko Brigadier General Olivier Gasita wahoherejwe...

Read moreDetails

RDC: Ababarirwa mu mirongo bishwe na ADF

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
RDC: Ababarirwa mu mirongo bishwe na ADF

RDC: Ababarirwa mu mirongo bishwe na ADF Umutwe wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda ukaba ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, urashinjwa kwica abantu 60...

Read moreDetails

AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje ko igisirikare cy'iki gihugu...

Read moreDetails

Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

Ay'indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy'indege cya Bujumbura igana muri RDC Amakuru aturuka mu Burundi avuga ko ku kibuga cy'indege cyaho giherereye i Bujumbura ku murwa mukuru...

Read moreDetails

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe Makyambe Mishembe Laurent wahoze ari administrateur wungirije wa teritware ya Minembwe iyari yarashyizweho n'umutwe wa RDC warwanyaga...

Read moreDetails
Next Post
FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

AFC/M23 yigaruriye agace k'ingenzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?