• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Perezida Tshisekedi ari kanga umuhisi n’umugenzi.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi ari kanga umuhisi n’umugenzi.

You might also like

Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma

Nyuma y’aho umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, aketse ko hari abasirikare bashaka ku muhirika k’u butegetsi, yahise atangira gufunga bamwe muri bo, ariko kuri ubuho yabujije ingendo kuba ofisiye bose mu ngabo na polisi.

Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’igisirikare cya RDC, aho riteweho umukono n’Umugaba mukuru w’Ingabo zacyo, Lt.Gen. Banza Jules.

Iri tangazo ritangira rimenyesha abayobozi bakuru muri FARDC guhita bahagarika gukora ingendo bakimara kubona ubu butumwa, haba mu gihugu imbere cyangwa hanze yacyo.

Rikomeza rivuga ko ibi bireba Abapolisi n’abasirikare bakuru, kandi ko n’abari Kinshasa batemerewe kuyivamo, ahubwo ko buri wese akwiye gukomeza gukorera ahari kugeza igihe irindi tegeko rishya rizasohokera.

Ibi bije bikurikira ifungwa ry’uwahoze ari umugaba mukuru w’Ingabo, Christian Tshiwewe, wafunganwe n’abandi bayobozi barimo n’uwari ushyinzwe ibikorwa bya gisirikare muri perezidansi.

Ifungwa ryabo, hari amakuru avuga ko bazize gushaka gukubita Coup d’etat Tshisekedi, ndetse kandi ko hari n’umugambi wo kumwivugana.

Ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko izi ngendo zahagaritswe, kubera ko i Kinshasa bari guhwihwisa ko aba ofisiye benshi bifuza kwihuza n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, ubundi bagangana na Tshisekedi.

Tags: ArikangaIngendoUmuhisi n'umugenzi
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC Abaturage batuye mu mujyi wa Uvira, uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11/03/2026, Umujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu ya Ruguru,...

Read moreDetails

Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma

Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma Umujyi wa Goma uri mu bihe bikomeye nyuma y’ijoro ryaranzwe n’ibitero byifashishije indege zitagira...

Read moreDetails

Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa

Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa Mu gihe politiki ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kurangwa n’impaka ku bibazo bitandukanye...

Read moreDetails

Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero

Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero Tariki ya 08/03/2026, ku Munsi Mpuzamahanga w’Umugore (International...

Read moreDetails
Next Post
FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

AFC/M23 yigaruriye agace k'ingenzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?