• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi, bwa mbere atangaza ku mfungwa ziheruka gupfira muri Makala, anagaragaza ikibyihishe inyuma.

minebwenews by minebwenews
September 12, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi, bwa mbere atangaza ku mfungwa ziheruka gupfira muri Makala, anagaragaza ikibyihishe inyuma.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi, bwa mbere atangaza ku mfungwa ziheruka gupfira muri Makala, anagaragaza ikibyihishe inyuma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, bwa mbere atangaje icyahitanye abaheruka kurasirwa muri gereza nkuru ya Makala, aho yavuze ko abahungabanya umutekano w’iki Gihugu kwaribo barinyuma yo gutorokesha ziriya mfungwa byaje kurangira zirashwe hapfa 131.

Nibyo yagaragarije abaminisitiri mu nama idasanzwe, ubwo baganiraga kurizi mfungwa 131 zapfiriye muri gereza nkuru ya Makala, iherereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho zishwe zirashwe mu rukerera rwo ku itariki ya 02/09/2024, ubwo zageragezaga gucika ino gereza.

Ibiro bya minisitiri w’intebe wa RDC, byanasonuye ko Tshisekedi yasabye igisirikare cy’igihugu cye, igipolisi n’abashinzwe umutekano gukorera hamwe bakarwanya ibindi bikorwa byo gutoroka kwifungwa.

Perezida Félix Tshisekedi kandi yasabye ko mu gihe iperereza ryazaba rirangiye, abo rizagaragaza ko bagize uruhare mu mugambi wo gutorokesha imfungwa gereza ya Makala, baba ari abarimo imbere n’abarihanze yayo, bazafatirwa ibihano bikakaye.

Ni naho umukuru w’igihugu yahereye agaragaza ko kuba harimo abashaka guhungabanya umutekano w’iki gihugu, abisanisha n’ibyabereye muri gereza ya Bunia mu ntara ya Ituri, tariki ya 07/09/2024.

Ibiro bya minisitiri w’intebe wa RDC, byatangaje bivuga biti: “Ntiyashubije inyuma ibyagezweho na Guverinoma, ashigikiye ku rindi geregeza ryateguwe muri Bunia tariki ya 07/09/2024, perezida Félix Tshisekedi yasabye igisirikare, igipolisi n’abashinzwe umutekano b’iki gihugu cyacu kuba maso.”

Patrick Muyaya umuvugizi wa leta , yasobanuye ko iperereza riri gukorwa ku bufatanye n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu, kandi ko ibizavamo bizamenyekana mu minsi itarenze irindwi.

              MCN.
Tags: 131Bwa mbere azivugahoImfungwaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu nama idasanzwe iri kubera i Seoul, u Rwanda rwayigaragajemo agaciro ko guharanira amahoro.

Mu nama idasanzwe iri kubera i Seoul, u Rwanda rwayigaragajemo agaciro ko guharanira amahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?