• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Perezida Tshisekedi ngo asigaranye ibintu bibiri gusa, ubundi ibintu bigahinduka.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2025
in Conflict & Security
0
Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi ngo asigaranye ibintu bibiri gusa, ubundi ibintu bigahinduka.

You might also like

Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero

Minembwe: Ibitero bya “Drone” Bishinjwa FARDC Byahitanye Abasivili, Binangiza Radiyo n’Ibikorwaremezo

Minembwe: FARDC Ishinjwa Gukomeza Gutera Ibisasu bya Drone mu Bice Bituwemo n’Abasivili

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ngo asigaranye kwegura cyangwa agahunga, bitaba ibyo agukurwa ku butegetsi.

Byatangajwe na Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’ihuriro rya AFC/M23, aho yakoresheje urubuga rwa x, agira ati: “Tshisekedi asigaranye kwegura ku butegetsi, cyangwa agahunga bitaba ibyo tukamukuraho.”

Nangaa yavuze ko RDC irimo ibibazo mu buryo budasubirwaho, kandi ko ibyo bibazo biri mu gihugu hose.

Yongeye avuga ko ikibazo cy’umutekano atari icyo kiri muri RDC gusa, ahubwo ko hari n’ibibazo bya politiki.

Yagize ati: “Ni ikibazo cya politiki kandi gifite impande nyinshi. Igisubizo kuri iki kibazo na cyo kigomba kuba icy’igihugu kandi cyagutse. Guhakana uku kuri, ni ukwigizayo uburyo bwose bugamije igisubizo, bityo ikibazo kizakomeza gufata igihe, kandi kigire ingaruka zisenya byinshi.”

Corneille Nangaa yavuze kandi ko abashigikiye ubutegetsi bw’i Kinshasa bavuga ko nyuma y’amasezerano y’i Washington igihe cyose, ibyo asanga ari ukwibeshya.

Yavuze ko AFC/M23 mu gihe gito yabashije gutsinda ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, mu bijyanye no gukoma mu nkokora itegeko nshinga, no kuba ngo ubwishongozi yari afite ubu ntabwo akigaragaza.

Yakomeje avuga ko kuba AFC/M23 iri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, ari ingaruka zo gutsindwa kwa Tshisekedi.

Yashimangiye ko kuva kwa AFC/M23 muri ziriya ntara bizaba igihe izaba igenzura igihugu cyose.

Avuga ko batazongera guhunga, asaba abaturage ba RDC bahunze gutahukira mu bice AFC/M23 igenzura.

Nyamara nubwo ari uko abivuga, ariko Leta yo ivuga ko amasezerano y’i Doha agaragaza ko aho AFC/M23 igenzura izahava hagashyirwa ubutegetsi bwa Leta ya RDC.

Ibyo nibyo AFC/M23 ikomeje gutera utwatsi, ivuga ko nta na metero imwe izarekura, kandi ko ntaho byemejwe.

Hejuru yibyo, nubwo impande zihanganye zumvikanye guhagarika imirwano muri biriya biganiro by’i Doha muri Qatar, ariko imirwano ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bw’igihugu.

Haba muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, bararwana umunsi ku wundi.

Tags: KwegurazguhungaNangaaTshisekedi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero

Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero Tariki ya 08/03/2026, ku Munsi Mpuzamahanga w’Umugore (International...

Read moreDetails

Minembwe: Ibitero bya “Drone” Bishinjwa FARDC Byahitanye Abasivili, Binangiza Radiyo n’Ibikorwaremezo

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Minembwe: AFC/M23 Yashinje Ihuriro ry’Ingabo za Kinshasa Kwibasira Abaturage

Minembwe: Ibitero bya “Drone” Bishinjwa FARDC Byahitanye Abasivili, Binangiza Radiyo n’Ibikorwaremezo Mu gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 09/03/2026, agace ka Minembwe kari mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Minembwe: FARDC Ishinjwa Gukomeza Gutera Ibisasu bya Drone mu Bice Bituwemo n’Abasivili

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Minembwe: FARDC Ishinjwa Gukomeza Gutera Ibisasu bya Drone mu Bice Bituwemo n’Abasivili

Minembwe: FARDC Ishinjwa Gukomeza Gutera Ibisasu bya Drone mu Bice Bituwemo n’Abasivili Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka mu...

Read moreDetails

Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Minembwe: AFC/M23 Yashinje Ihuriro ry’Ingabo za Kinshasa Kwibasira Abaturage

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Minembwe: AFC/M23 Yashinje Ihuriro ry’Ingabo za Kinshasa Kwibasira Abaturage

Minembwe: AFC/M23 Yashinje Ihuriro ry’Ingabo za Kinshasa Kwibasira Abaturage Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ihuriro ry’igisirikare n’iryapolitiki rya AFC/M23...

Read moreDetails
Next Post
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?