• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Perezida Tshisekedi ngo asigaranye ibintu bibiri gusa, ubundi ibintu bigahinduka.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2025
in Conflict & Security
0
Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi ngo asigaranye ibintu bibiri gusa, ubundi ibintu bigahinduka.

You might also like

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ngo asigaranye kwegura cyangwa agahunga, bitaba ibyo agukurwa ku butegetsi.

Byatangajwe na Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’ihuriro rya AFC/M23, aho yakoresheje urubuga rwa x, agira ati: “Tshisekedi asigaranye kwegura ku butegetsi, cyangwa agahunga bitaba ibyo tukamukuraho.”

Nangaa yavuze ko RDC irimo ibibazo mu buryo budasubirwaho, kandi ko ibyo bibazo biri mu gihugu hose.

Yongeye avuga ko ikibazo cy’umutekano atari icyo kiri muri RDC gusa, ahubwo ko hari n’ibibazo bya politiki.

Yagize ati: “Ni ikibazo cya politiki kandi gifite impande nyinshi. Igisubizo kuri iki kibazo na cyo kigomba kuba icy’igihugu kandi cyagutse. Guhakana uku kuri, ni ukwigizayo uburyo bwose bugamije igisubizo, bityo ikibazo kizakomeza gufata igihe, kandi kigire ingaruka zisenya byinshi.”

Corneille Nangaa yavuze kandi ko abashigikiye ubutegetsi bw’i Kinshasa bavuga ko nyuma y’amasezerano y’i Washington igihe cyose, ibyo asanga ari ukwibeshya.

Yavuze ko AFC/M23 mu gihe gito yabashije gutsinda ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, mu bijyanye no gukoma mu nkokora itegeko nshinga, no kuba ngo ubwishongozi yari afite ubu ntabwo akigaragaza.

Yakomeje avuga ko kuba AFC/M23 iri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, ari ingaruka zo gutsindwa kwa Tshisekedi.

Yashimangiye ko kuva kwa AFC/M23 muri ziriya ntara bizaba igihe izaba igenzura igihugu cyose.

Avuga ko batazongera guhunga, asaba abaturage ba RDC bahunze gutahukira mu bice AFC/M23 igenzura.

Nyamara nubwo ari uko abivuga, ariko Leta yo ivuga ko amasezerano y’i Doha agaragaza ko aho AFC/M23 igenzura izahava hagashyirwa ubutegetsi bwa Leta ya RDC.

Ibyo nibyo AFC/M23 ikomeje gutera utwatsi, ivuga ko nta na metero imwe izarekura, kandi ko ntaho byemejwe.

Hejuru yibyo, nubwo impande zihanganye zumvikanye guhagarika imirwano muri biriya biganiro by’i Doha muri Qatar, ariko imirwano ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bw’igihugu.

Haba muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, bararwana umunsi ku wundi.

Tags: KwegurazguhungaNangaaTshisekedi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize Abanyamulenge ni itsinda ry’abantu bavuga ururimi rw’Ikinyamulenge, nubwo benshi barufata nk’Ikinyarwanda, batuye cyane cyane mu misozi miremire y'i Mulenge, iri mu ntara...

Read moreDetails

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uburyo bwimbitse bwo kongera...

Read moreDetails

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Pelusi, yagarutse mu mujyi wa Uvira kuri uyu wa Gatanu, tariki...

Read moreDetails
Next Post
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?