• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Tshisekedi, ngoyaba yaramaze gucyamo igihugu n’ibyavuzwe n’umusenguzi nyuma y’uko Tshisekedi, atangaje ko Masisi na Rutsuru bitazabamo Amatora.

minebwenews by minebwenews
November 19, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi, kuri uyu wa Kane, tariki 16/11/2023, yavuze ko amatora y’u mukuru w’igihugu muriki gihugu ateganijwe azaba nta gisibya mu kwezi kwa Cumi nabiri (12), ariko ko bitazashoboka ko aba muri teritwari za Masisi na Rutshuru muri Kivu ya Ruguru kubera umutekano muke uri M’uburasirazuba bw’iki gihugu.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Ni mu kiganiro ku wa kane yagiranye n’abanyamakuru babiri b’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa France 24 na RFI.

Amatora ategerejwe kuzaba tariki 20/12/2023, nk’uko ukuriye komisiyo y’Amatora muri RDC aheruka ku bitangaza.

Muri icyo kiganiro Tshisekedi yavuze ko kubera umutekano muke uri muri kivu y’Amajyaruguru ko nta matora azabayo.

yagize ati “Birababaje, birababaje ko muri Rutshuru no muri Masisi sinemeza ko bizashoboka ko amatora ahaba.

Ariko ibyo ntibibuza ko tuzakomeza umuhate wacyu kugira ngo tubohore utwo duce, dusubize abacu dusangiye igihugu mu duce bakomokamo, no kugarura amahoro.

Akomeza ati “Ariko nanone hariho gahunda y’Amatora igomba gukomeza kandi ikagezwa ku musozo wayo.”

Bariya banyamakuru banamuteye ikibazo kijanye nabo bahanganye mu matora:

Mu kibazo u munyamakuru yamubajije yagize ati: “nka Moïse Katumbi anenga byinshi birimo nk’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi rya hato na hato, naho Martin Fayulu na Denis Mukwege bo bamagana ruswa bavuga ko iri mu bakomeye bari ku butegetsi, ibyo urabivugaho iki bwana Perezida Félix Antoine Tshisekedi?”

Tshisekedi, ati: ”Kuba umuriro w’amashanyarazi wabura si bintu bisha, twebwe icyo tugerageza nyine ni u guhagarika iryo bura ry’umuriro rya hato na hato,

“Tugerageza gukemura ibyo. Ubwo nageraga ku butegetsi, ingo 9% gusa, ndavuga abaturage, ni zo zari zifite amashanyarazi. Uyu munsi tugeze muri 20% kandi intego ni ugutera indi ntambwe ndende.”

“Rero bo bashobora kuvuga, ndabyemera, Moïse Katumbi yabaye Guverineri w’i Ntara ya Katanga, icyo gihe Katanga yaritaracyikamo ibice bine, ariko se yayikozeho iki?”

Akomeza agira ati “Navugaga vuba aha ku kibuga mpuzamahanga cy’indege kirimo kubakwa, ndetse ahubwo kimaze kurangira i Kolwezi.”

“Yabaye Guverineri imyaka icyenda ariko ntiyanatekereje ku kubaka ikibuga mpuzamahanga cy’indege mu murwa mukuru w’isi wa cobalt [ibuye ry’agaciro].”

Muri icyo kiganiro Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23.” Ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi kuva mbere hubwo Kigali ishinja Kinshasa gukorana na FDLR u mutwe w’iterabwoba.

U musesenguzi w’u Munyamulenge, Fidele Nzibonera, yanenze ibyo Tshisekedi avuga ko hari ibice bimwe bitazabamo Amatora ategerejwe kuzaba vuba:

Yagize ati: “Biriya u mukuru w’igihugu cya RDC Félix Tshisekedi, yavuze nta washidikanya ko ari intege nke ze(faiblesse), zikomeye kuja ku mbuga nkoranya mbaga, ugatangaza ko haribicye bimwe by’igihugu bitazabamo amatora y’u mukuru w’igihugu!”

“Muyandi magambo bivuzeko aka gace yakagize igihugu cy’igenga nk’uko bafite uburenganzira bwokwiyobora y’uko ntibazayoborwa na perezida w’igihugu batatoye. Perezida Félix Tshisekedi, hariya yaribeshye navuga ko yihuse mu kuvuga.”

U musesenguzi yakomeje avuga ati: “Buriya igihugu Félix Tshisekedi, kuriya kera yakigurishije! Akigurishije kubera kutamenya.”

Ibi Perezida Félix Tshisekedi, yongeye kubisubiramo ubwo yaganiraga n’umunyambanga wa leta Zunze Ubumwe za Amerika Antony Blinken, kuri uyu mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki 18/11/2023. Tshisekedi yamubwiye ko bitashoboka ko Masisi na Rutsuru, bigenzurwa na M23 kobyobamo Amatora.

Tshisekedi, ati: “Ntibishoboka ko Ibice bigenzurwa na M23 byageramo Amatora.”

Bruce Bahanda.

Tags: Perezida Félix Tshisekedi ngoyaba yaramaze gucyamo igihugu n'ibyavuzwe n'umusenguzi nyuma y'uko Tshisekedi atangaje ko Masisi na Rutsuru bitazabamo Amatora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za Kinshasa, zongeye kugaba ibitero i Masisi, zikoresheje ibi bunda biremereye muri ki Gitondo co kw'itariki 19/11/2023.

Comments 1

  1. NZAYIRAMYA Fidèle says:
    2 years ago

    Balkanisation batubwiraga twabiterezako harikundi bizagenda ariko turabyiboneye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?