• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Perezida Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe iperereza.

minebwenews by minebwenews
August 6, 2025
in Conflict & Security
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ye, anagaragaza umuyobozi utazahindurwa.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe iperereza.

You might also like

Agace kamwe ko muri Uvira karavugwamo imirwano ikaze

Umutwe ufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP, wahinduye intwaro ucakirana na yo karahava

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashyizeho abayobozi bashya mu ishami rw’iperereza rya ANR.

Bikubiye mu itangazo ryasomewe kuri televisiyo y’igihugu ku wa kabiri tariki ya 05/08/2025, rivuga ko Kalala Musungu ko ari we wagizwe umuyobozi mukuru wa ANR, na ho Piema Mikobi Gaston, agirwa na we umuyobozi mukuru w’iri shami rishinzwe iperereza hanze y’igihugu.

Bombi bakaba bagiye guhagararira iri shami rya ANR, ryiswe ishami rishya rishinzwe ubukungu n’imari(DIEF).

Rikaba ryarashinzweho bwa mbere muri 2024, intego yaryo ni ugukora ubushakashatsi, iperereza, gukusanya, gusobanura, no gutangaza amakuru y’ubukungu, imari, mu mibanire, n’ikoranabuhanga, haba mu gihugu ndetse no ku rwego mpuzamahanga.

Rishinzwe kandi kungenzura inzego z’ingenzi nk’ingufu, itumanaho, ikoranabuhanga rishya ry’amakuru, hamwe n’imbuga za interineti, ndetse no kugenzura imicungire y’imari ya guverinoma.

Iri shami rigira uruhare runini mu kugenzura ishoramari riva mu mahanga, guhererekanya amafaranga binyuze mu mabanki n’ibidashingiye kuri banki, kwishyura kuri telefone, amafaranga y’ikoranabuhanga, no gukurikirana umutungo kamere n’ibicuruzwa by’ingenzi.

Perezida Tshisekedi ateganya kandi gushyiraho ubuyobozi bukuru bw’iri shami, bugizwe n’ubuyobozi butatu ari bwo: ubushinzwe iperereza mu by’ubukungu, ubuyobozi bushyinzwe iperereza ku ishoramari no kurwanya magendu, ndetse n’ubuyobozi bushyinzwe igenamigambi ry’ubukungu n’imari.

Tags: Abayobozi bashyaANRTshisekedi
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Agace kamwe ko muri Uvira karavugwamo imirwano ikaze

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Amatsinda abiri yo muri Wazalendo yumvanye iminsi muri Kivu y’Epfo benshi muri bo babigwamo

Agace kamwe ko muri Uvira karavugwamo imirwano ikaze Imitwe ibiri ya Wazalendo isanzwe ifatanya n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, yasubiranyemo...

Read moreDetails

Umutwe ufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP, wahinduye intwaro ucakirana na yo karahava

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

Umutwe ufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP, wahinduye intwaro ucakirana na yo karahava Abarwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo basanzwe bafatanya n'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo guhangana...

Read moreDetails

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y'ibisasu yateye Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagaragaje ubushake buke bwo kugirana amahoro n'ihuriro...

Read moreDetails

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC/M23 binyuze ku muvugizi wayo wungirije, Oscar Barinda yasubije abavuga ko iri huriro rishaka...

Read moreDetails

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye Colonel Rubaba Ntagawa wahamagajwe igitaraganya na Komanda secteur i Baraka ahazwi nk'umurwa mukuru wa teritware ya Fizi mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

Mu gihe ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?