• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yatangaje icyerekezo gishya cy’iterambere rishingiye ku muntu n’amahoro arambye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 5, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yatangaje icyerekezo gishya cy’iterambere rishingiye ku muntu n’amahoro arambye
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yatangaje icyerekezo gishya cy’iterambere rishingiye ku muntu n’amahoro arambye

You might also like

Umushumba w’itorero wo mu misozi y’i Mulenge yagaragaje impamvu y’imyigaragambyo yo kwamagana ingabo z’u Burundi mu Minembwe

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Mu ijambo rye ritangiza ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga ku Iterambere ry’Imibereho myiza (World Summit for Social Development) iri kubera i Doha muri Qatar, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagaragaje icyerekezo gishya cy’igihugu cye cy’iterambere rirambye.

Aha’rejo tariki ya 04/11/2025, ni bwo perezida Tshisekedi yavuze ku byerekeye intambwe igihugu cye cyateye kuri manada ye.

Uyu mukuru w’igihugu cya RDC, yatangaje ko kuva atangiye manda ye, yiyemeje guhindura burundu uburyo RDC yakurikizaga mu by’iterambere. Yagize ati: “Guhera mu ntangiriro za manda yanjye, nahisemo ko igihugu cyinjira mu cyerekezo gishya cyo kuvugurura imikorere y’ubukungu: gusezera ku buryo busanzwe bushingiye gusa ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro no ku ishyirahamwe ry’ubutegetsi mu murwa mukuru, kugira ngo twubake ubukungu bushingiye ku muntu, ku butabera, ku mahirwe angana hagati y’intara ndetse no ku mahoro arambye.”

Yongeyeho ko iyi nzira nshya igamije gutuma abaturage ba Congo babona umusaruro uhamye w’ubukungu, hubakwa igihugu kigendera ku mategeko, cyubahiriza uburenganzira bwa buri wese kandi giharanira iterambere risaranganywa.

Iri jambo rije mu gihe RDC ihanganye n’ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu, ku ruhande rumwe rishobora gufatwa nk’intangiriro y’icyizere cy’impinduka mu miyoborere n’imibanire ye n’imitwe irwanya ubutegetsi bwe, aho ibiganiro byo kugarura amahoro bikomeje i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Kurundi ruhande, kuvuga n’ikimwe no gushyira mu bikorwa n’ikindi.

Tags: DohaTshisekedi
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Umushumba w’itorero wo mu misozi y’i Mulenge yagaragaje impamvu y’imyigaragambyo yo kwamagana ingabo z’u Burundi mu Minembwe

by Bahanda Bruce
November 5, 2025
0
Umushumba w’itorero wo mu misozi y’i Mulenge yagaragaje impamvu y’imyigaragambyo yo kwamagana ingabo z’u Burundi mu Minembwe

Umushumba w’itorero wo mu misozi y'i Mulenge yagaragaje impamvu y’imyigaragambyo yo kwamagana ingabo z’u Burundi mu Minembwe Umukozi w’Imana wo mu misozi y'i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo, utifuje...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails
Next Post
Gukinira i Kigali byabaye icyaha gikomeye ku Banye-Congo bitabiriye yo umukino wa Basketball

Gukinira i Kigali byabaye icyaha gikomeye ku Banye-Congo bitabiriye yo umukino wa Basketball

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?