• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Perezida Tshisekedi yatanze icyizere ku masezerano u Rwanda na RDC baheruka gusinyana.

minebwenews by minebwenews
June 30, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yatanze icyizere ku masezerano u Rwanda na RDC baheruka gusinyana.

You might also like

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yatangaje ko amasezerano y’amateka igihugu cye cyasinyanye n’u Rwanda i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ari intambwe ikomeye kandi itanga icyizere ku kugera ku mahoro arambye mu Burasirazuba bw’iki gihugu abereye perezida.

Ibi uyu mukuru w’iki gihugu cya RDC, yabigarutseho ubwo yagezaga ijambo ku Banye-Congo kuri uyu munsi bizihiza isabukuru y’ubwigenge ku nshuro ya 65, kuko yahise avuga ko ubu bagiye kwizihiza bafite impamvu nyayo.

Tshisekedi yatangaje ko kwizihiza iyi sabukuru bihuriranye n’amasezerano yashyiriweho umukono i Washington DC tariki ya 27/06/2025.

Yagize ati: “Amasezerano duheruka gusinyira, si inyandiko gusa, ahubwo ni icyizere cy’amahoro ku baturage b’i Goma, Bukavu, Rutshuru, Masisi, no mu bindi bice byose byakunze kuba mu ntambara.”

Aha ntabwo uyu mukuru w’iki gihugu cya RDC yumvikana ashinja u Rwanda ibirego by’ibinyoma, nk’uko yakunze kujya abigarukaho inshuro nyinshi. Yasobanuye ko aya masezerano ari intambwe ishimishije mu gushyiraho iherezo ryanyuma amakimbirane y’intambara mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ubundi kandi yavuze ko azazana umwuka mwiza ku mikoranire y’igihugu cye n’ibindi bihugu byibituranyi.

Avuga kandi ko hari inzira za dipolomasi zishinze imizi ku biganiro birimo kuba i Doha muri Qatar, avuga ko RDC ishyize imbere ko hasubiraho ubutegetsi bw’uzuye buri mu maboko ya Leta.

Yasoje abwira abanyagihugu be ko bagomba kugirira icyizere intambwe bateye basinya amasezerano y’amahoro, kandi abizeza ko bazagera ku butabera, ngo kuburyo abagize uruhare muntambara bazabiryozwa.

Tags: AmasezeranoIcyizereRdcTshisekedi
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uburyo bwimbitse bwo kongera...

Read moreDetails

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Pelusi, yagarutse mu mujyi wa Uvira kuri uyu wa Gatanu, tariki...

Read moreDetails

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero, mu nkengero za santere ya Minembwe, aravuga ko kuri...

Read moreDetails
Next Post
Kivu y’Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n'ingabo za RDC muri Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?