• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yavuze umwanzi ahanganye nawe byanyabyo.

minebwenews by minebwenews
October 25, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yavuze umwanzi ahanganye nawe byanyabyo.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yavuze umwanzi ahanganye nawe byanyabyo.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo yatangaje ko umwanzi ahanganye nawe ari perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Ni amagambo uyu mukuru w’igihugu cya RDC yavugiye i Kisangani aho yagiriye uruzinduko ku wa Gatatu w’iki Cyumweru turimo.

Nk’uko bizwi uru ruzinduko Tshisekedi yarimo rwari urwo gutaha ikibuga cy’indege cya Bangboka cyubatswe muri ibyo bice byo muri Kisangani.

Mu ijambo perezida Félix Tshisekedi yagejeje ku baturage bari bitabiriye uwo muhango, yababwiye ko “ubutegetsi bw’u Rwanda ari umwanzi ukomeye RDC ifite muri iki gihe.”

Tshisekedi yagize ati: “Ni ubutegetsi bwa Kagame ni we mwanzi wacu kuri none. Ntabwo ari Abanyarwanda bose. Nirinze ku muvuga mu izina, Paul Kagame, ngo muha icyubahiro, ariko ubu siko biri. Tugomba kumwerekana.”

Tshisekedi kandi yavuze ko hari abandi banzi, kandi ko badashobora kwigarurira imitima y’abaturage be. Muri abo yise abanzi batabasha kwigarurira imitima y’abaturage be, ngo harimo ab’imbere mu gihugu n’abo hanze.

Yanagarutse ku ntambara y’iminsi itandatu yabereye i Kisangani, icyo gihe ingabo z’u Rwanda zarasanye n’iza Uganda kuva tariki ya 05 kugeza tariki ya 10 z’ukwezi kwa Cumi mu mwaka w’ 2000.

Icyo gihe urukiko rwemeje ko Uganda ariyo nyiribayazana yemera no gutanga agera kuri miliyoni 325 z’amadolari y’Amerika, y’impozamarira na miliyoni 195 z’amadolari yo guha imiryango y’abantu 1000 bapfuye, n’abandi 3000 bakomeretse.

Sibyo byonyine Tshisekedi yavugiye i Kisangani kuko yavuze ko agiye guhindura itegeko nshinga ry’iki gihugu, avuga ko iri hari ryakozwe n’abanyamahanga.

Yavuze ko itegeko nshinga ririmo ibibazo, ariko abaturage badakwiye kugira ubwoba ko ibirimo bipfuye biteje ikibazo bizigwa n’impuguke, itegeko rikazahinduka byemejwe na Referendum.

           MCN.
Tags: KisanganiTshisekediUmwanzi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi wa RDC yabwiwe ko ari gukina n’umuriro.

Perezida Tshisekedi wa RDC yabwiwe ko ari gukina n'umuriro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?