• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yirukanye bamwe mu bategetsi bo muri leta ye, bakoze imishyikirano na M23.

minebwenews by minebwenews
July 23, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yirukanye bamwe mu bategetsi bo muri leta ye, bakoze imishyikirano na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshilombo wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yirukanye abategetsi bagiye mu mishyikirano na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco wirukanwe muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, amuziza ko yagiye i Kampala gushyikirana na M23.

Bwana Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco yari asanzwe ari umuhuzabikorwa wa gahunda ishinzwe kwambura imbunda imitwe yitwaje intwaro ndetse no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi ku rugamba (P-DDRCS).

Ibi byemejwe na Tina Salama, umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi, aho yakoresheje urubuga rwa x, avuga ko “Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco, yirukanwe muri leta ya Kinshasa, kandi avuga ko yirukanwe na Perezida Félix Tshisekedi.”

Kimweho, Tina Salama ntiyavuze impamvu uriya muyobozi yirukanwe.

Ariko nk’uko bigaragara nuko yirukanwe nyuma y’uko byari byatangajwe ko yerekeje i Kampala ho muri Uganda, mu mishyikirano n’umutwe wa M23.

Kuri iy’i mishyikirano, amakuru avuga ko yitabiriwe n’abarimo Rene Abandi, Lawrence Kanyuka ndetse na Col Nzeze Amani n’abandi, aha ni ku ruhande rwa M23.

Ay’amakuru anahamya ko iy’i mishyikirano ko yari yateguwe na perezida Yoweli Kaguta Museveni afatanije na Uhuru Kenyatta wabayeho perezida wa Kenya.

Andi makuru yatangajwe n’abategetsi ba Uganda yo, yemeza ko imishyikirano yabaye hagati ya M23 na leta ya Kinshasa.

Ku rundi ruhande, ordre de mision yahawe Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco, yasinywe na minisitiri w’intebe w’ungirije akanaba minisitiri w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yerekana ko yari yoherejwe i Kampala, muri misiyo yagombaga kumara iminsi itatu.

                    MCN.
Tags: Abbé Bahala Okw'ibale Jean BoscoImishyikirano na M23Muri leta ya KinshasaYirukanwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango w’Afrika y’unze Ubumwe watanze ubutumwa ku byerekeye amatora aheruka kuba mu Rwanda.

Umuryango w'Afrika y'unze Ubumwe watanze ubutumwa ku byerekeye amatora aheruka kuba mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?