Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yirukanye bamwe mu bategetsi bo muri leta ye, bakoze imishyikirano na M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 23, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yirukanye bamwe mu bategetsi bo muri leta ye, bakoze imishyikirano na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshilombo wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yirukanye abategetsi bagiye mu mishyikirano na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco wirukanwe muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, amuziza ko yagiye i Kampala gushyikirana na M23.

Bwana Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco yari asanzwe ari umuhuzabikorwa wa gahunda ishinzwe kwambura imbunda imitwe yitwaje intwaro ndetse no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi ku rugamba (P-DDRCS).

Ibi byemejwe na Tina Salama, umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi, aho yakoresheje urubuga rwa x, avuga ko “Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco, yirukanwe muri leta ya Kinshasa, kandi avuga ko yirukanwe na Perezida Félix Tshisekedi.”

Kimweho, Tina Salama ntiyavuze impamvu uriya muyobozi yirukanwe.

Ariko nk’uko bigaragara nuko yirukanwe nyuma y’uko byari byatangajwe ko yerekeje i Kampala ho muri Uganda, mu mishyikirano n’umutwe wa M23.

Kuri iy’i mishyikirano, amakuru avuga ko yitabiriwe n’abarimo Rene Abandi, Lawrence Kanyuka ndetse na Col Nzeze Amani n’abandi, aha ni ku ruhande rwa M23.

Ay’amakuru anahamya ko iy’i mishyikirano ko yari yateguwe na perezida Yoweli Kaguta Museveni afatanije na Uhuru Kenyatta wabayeho perezida wa Kenya.

Andi makuru yatangajwe n’abategetsi ba Uganda yo, yemeza ko imishyikirano yabaye hagati ya M23 na leta ya Kinshasa.

Ku rundi ruhande, ordre de mision yahawe Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco, yasinywe na minisitiri w’intebe w’ungirije akanaba minisitiri w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yerekana ko yari yoherejwe i Kampala, muri misiyo yagombaga kumara iminsi itatu.

                    MCN.
Tags: Abbé Bahala Okw'ibale Jean BoscoImishyikirano na M23Muri leta ya KinshasaYirukanwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango w’Afrika y’unze Ubumwe watanze ubutumwa ku byerekeye amatora aheruka kuba mu Rwanda.

Umuryango w'Afrika y'unze Ubumwe watanze ubutumwa ku byerekeye amatora aheruka kuba mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?