• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 12, 2025
in Regional Politics
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye perezida w’u Rwanda ubwo yamusabaga ibiganiro bari i Brussel mu Bubiligi.

Ni mu kiganiro Tshisekedi yakoze i Kinshasa asubiza abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, aho bamushinja gupfukamira perezida Kagame amusaba kugirana na we ibiganiro.

Ku wa kane muri iki cyumweru tariki ya 09/10/2025, nibwo Tshisekedi yavugiye ijambo mu Bubiligi mu nama ya Global Gateway Forum, iryo jambo rikaba ryarateye urujijo ku migambi ihamye afitiye igihugu mu bijyanye no kurangiza intambara mu Burasirazuba bwacyo.

Ni ijambo ryatumye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe bavuga ko yashujuguje igihugu, ndetse anagaragaza ko kitagira umurongo uhamye mu gushaka igisubizo ku bibazo biri muri iki gihugu cya RDC.

Tshisekedi mu kwisobanura yavuze ko yashatse kugaragariza Abanye-kongo baba mu Bubiligi utera igihugu cyabo, ndetse kandi ngo akaba yaranasabaga amahanga kugira icyo abikoraho.

Yagize ati: “Nta banga ririmo ibyo navuze hari ku mugaragaro, nemeye ibiganiro ku muntu uhagarariye Ingabo zateye Congo kugira ngo mu tange ku isi yose. Kubera ko ntabwo akenshi mumenya ibibera muri dipolomasi, badufata nk’abashyira imbere intambara kandi aritwe ifiteho ingaruka, dufite uburenganzira bwo kwitabara nk’abatewe, icyo gihe twabikora bakatugira abantu badashaka amahoro bashaka intambara, nashaka kwereka isi yose ko ibyo atari byo, ko turi aba mbere bakeneye amahoro, nemeye ibiganiro kugira ngo na we yisobanure, mwumvise igisubizo cye.”

Tshisekedi avuga ko yagiye ngo yerekane ko bashyize hanze ikinyoma, ariko ngo icyo kinyoma kiragenda kikagera no mu gihugu imbere aho hari abasaba ibiganiro, bakavuga ko Tshisekedi adashaka ibiganiro.

Tshisekedi yashimangiye ko adateze kuganira n’abanzi ngo nkeretse bakamwica, ngo na ho igihe azaba ariho bitazabaho.

Anavuga kandi ko atazicarana n’abamubwira kuvanga ingabo, ngo batuma mu nzego za Leta hajyamo abantu bafite ubwenegihugu bushidikanywaho.

Perezida Tshisekedi avuga ko abavuga ibyo batazi babareka bakavuga kuko azi ibyo ashakira igihugu, ndetse ngo ntabwo azigera aba umunyantege nke.

Avuga ko gusaba ibiganiro na perezida Paul Kagame atazita ku gisubizo yabonye, ko hari abo byakoze ku bwonko bakiri ku bitekerezaho kandi bazamusabiza.

Bikaba bizwi ko igisubizo u Rwanda rwahaye perezida Felix Tshisekedi, rwamusubije ko ibyo yavuze ari “comedie politique,” ko ari we ubwe ufite igisubizo cy’ibibazo byose RDC irimo.

Tags: TshisekediYivuguruje
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

Igihugu cy'igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

Comments 1

  1. Butoto says:
    2 months ago

    Nyakubahwa Prezida Kagame yamusubizanyije ubwenge bwinshi.
    Cane ko yirinze kumusubiriza aho yikomereza kuvuga speech ye atitaye kubyo Tchilombo yavuze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?