• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n’Amerika gikangenye.

minebwenews by minebwenews
November 22, 2024
in World News
0
Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n’Amerika gikangenye.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n’Amerika gikangenye.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya, Vladimir Putin, yaburiye u Bwongereza na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika biha Ukraine ubufasha bw’ibibunda ikarasa mu gihugu cye, ko nawe ashobora gukora ibindi biruta ibyo akarasa muri ibyo bihugu.

Ibi byatangajwe na perezida Vladimir Putin nyuma y’iminsi mike Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bwongereza bihaye Ukraine uburenganzira bwo kurasa ku Burusiya ikoresheje misile zirasa kure.

Bwana Vladimir Putin, ibi yabitangaje mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatanu, abitangariza kuri televisiyo nkuru y’iki gihugu cy’u Burusiya, avuga ko igisirikare cye kizasubiza byimazeyo biriya bihugu ku bwiyongere bw’ibikorwa byubugizi bwa nabi.

Yashimangiye ibi agira ati: “Twizere ko dufite uburenganzira bwo gukoresha imbunda zacu tugaba ibitero ku bikorwa remezo bya gisirikare by’ibihugu byemeye ko intwaro zabyo zikoreshwa mu kugaba ibitero ku bikorwa remezo byacu.”

Tariki ya 11/11/2024, ni bwo perezida Joe Biden yemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje za misile zirasa kure, igihugu cye yayihaye.

Maze ku munsi wakurikiyeho u Burusiya na bwo buhita bukoresha misile zo mu bwoko bwa ATACMS zikoreshwa na Amerika Ukraine yari yarakoresheje iburasaho.

Mu gihe ku wa gatatu ho, u Burusiya naho bwatangaje ko bwakoreshe izindi misile zo mu bwoko bwa Storm Shadow Ukraine yahawe n’u Bwongereza.

Perezida Vladimir Putin yavuze ko mu gusubiza biriya bitero ku wa kane igisirikare cye cyagerageje kurasa mu mujyi wa Dnipro wo muri Ukraine igisasu kizwi nka intermediate-range misile.

Yanavuze kandi ko ubwirinzi bw’ikirere cya Ukraine butashoboye kuyishwanyaguza, kuko kiriya gisasu gifite umuvuduko ukubye uw’ijwi incuro 10.

Hagati aho, Ukraine ku wa kane, biciye muri perezida Volodymyr Zelensky, yatangaje ko u Burusiya bwarashe ibisasu mu gihugu cye, bukoresheje misile zambukiranya imigabane, zizwi nka ICBM . Gusa minisiteri y’ingabo ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko misile u Burusiya bwarashe iri munsi y’icyo gisasu.

Tags: AmerikaPutin VladimirU Bwongereza
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
FDLR, ingabo z’u Burundi, n’indi mitwe y’itwaje intwaro,  mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

FDLR, ingabo z'u Burundi, n'indi mitwe y'itwaje intwaro, mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?