• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n’Amerika gikangenye.

minebwenews by minebwenews
November 22, 2024
in World News
0
Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n’Amerika gikangenye.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Vladimir Putin yagize icyatangariza u Bwongereza n’Amerika gikangenye.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya, Vladimir Putin, yaburiye u Bwongereza na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika biha Ukraine ubufasha bw’ibibunda ikarasa mu gihugu cye, ko nawe ashobora gukora ibindi biruta ibyo akarasa muri ibyo bihugu.

Ibi byatangajwe na perezida Vladimir Putin nyuma y’iminsi mike Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bwongereza bihaye Ukraine uburenganzira bwo kurasa ku Burusiya ikoresheje misile zirasa kure.

Bwana Vladimir Putin, ibi yabitangaje mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatanu, abitangariza kuri televisiyo nkuru y’iki gihugu cy’u Burusiya, avuga ko igisirikare cye kizasubiza byimazeyo biriya bihugu ku bwiyongere bw’ibikorwa byubugizi bwa nabi.

Yashimangiye ibi agira ati: “Twizere ko dufite uburenganzira bwo gukoresha imbunda zacu tugaba ibitero ku bikorwa remezo bya gisirikare by’ibihugu byemeye ko intwaro zabyo zikoreshwa mu kugaba ibitero ku bikorwa remezo byacu.”

Tariki ya 11/11/2024, ni bwo perezida Joe Biden yemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje za misile zirasa kure, igihugu cye yayihaye.

Maze ku munsi wakurikiyeho u Burusiya na bwo buhita bukoresha misile zo mu bwoko bwa ATACMS zikoreshwa na Amerika Ukraine yari yarakoresheje iburasaho.

Mu gihe ku wa gatatu ho, u Burusiya naho bwatangaje ko bwakoreshe izindi misile zo mu bwoko bwa Storm Shadow Ukraine yahawe n’u Bwongereza.

Perezida Vladimir Putin yavuze ko mu gusubiza biriya bitero ku wa kane igisirikare cye cyagerageje kurasa mu mujyi wa Dnipro wo muri Ukraine igisasu kizwi nka intermediate-range misile.

Yanavuze kandi ko ubwirinzi bw’ikirere cya Ukraine butashoboye kuyishwanyaguza, kuko kiriya gisasu gifite umuvuduko ukubye uw’ijwi incuro 10.

Hagati aho, Ukraine ku wa kane, biciye muri perezida Volodymyr Zelensky, yatangaje ko u Burusiya bwarashe ibisasu mu gihugu cye, bukoresheje misile zambukiranya imigabane, zizwi nka ICBM . Gusa minisiteri y’ingabo ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko misile u Burusiya bwarashe iri munsi y’icyo gisasu.

Tags: AmerikaPutin VladimirU Bwongereza
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
FDLR, ingabo z’u Burundi, n’indi mitwe y’itwaje intwaro,  mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

FDLR, ingabo z'u Burundi, n'indi mitwe y'itwaje intwaro, mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?