• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Vradimir Putin agiye kohereza indege kabuhariwe z’intambara muri Afrika.

minebwenews by minebwenews
September 5, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Vradimir Putin agiye kohereza indege kabuhariwe z’intambara muri Afrika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Vradimir Putin agiye kohereza indege kabuhariwe z’intambara muri Afrika.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Indege z’intambara z’u Burusiya nka Tu-160 long-range bombers ziri mu zishobora kumurikwa muri Afrika.

Ikinyamakuru Military Africa, cyatangaje iy’i nkuru, kivuga ko intumwa z’u Burusiya zasuye ikibuga cy’indege cy’i Pretoria ngo harebwe ko hakongerwa izi ndege za Tu-160 ahazabera imurikagurisha. Aba basirikare bakiriwe ku kibuga cy’indege n’umuyobozi w’ingabo zirwanira mu kirere muri Afrika y’Epfo.

Captain Tebogo Kanama, umuvugizi w’igisirikare kirwanira mu kirere muri Afrika y’Epfo, yavuze ko i Pretoria na Moscow bafitanye umubano w’ubabanye n’amahanga nk’abanyamuryango ba Brics.

Yagize ati: “U Burusiya na Afrika y’Epfo byagiranye umubano w’ubabanye n’amahanga kuva kera . Nk’abanyamuryango ba Brics, hamwe n’u Bushinwa, u Buhinde na Brazil, bose bafite umubano w’ubukungu, umubano w’apolitiki, n’amasezerano y’ubufatanye mu by’agisirikare.”

Amasosiyete menshi akora intwaro z’u Burusiya azitabira imurikagurisha, harimo Aeroscan, Katod, Roscosmos corporation, Rosoboronexport, Technodinamika, hamwe na United Aircraft Corporation.

Mu kwezi kwa Cumi 2019, indege zibiri z’u Burusiya za Tu-16 zasuye Afrika y’Epfo bwa mbere . Kugera ku birindiro by’agisirikare cyo mu kirere bya Waterkloof byahuriranye no gufungura inama ya mbere y’u Burusiya na Afrika ibera i Sochi.

Biteganijwe ko imurikagurisha rya Afrika Aerospace na Defense 2024 rizaba kuva ku itariki ya 18/09/2/24 kugeza ku ya 22/09/2024.

         MCN.
Tags: Afrika y'EpfoIndege z'intambara kabuhariweTu-16U Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Bidasanzwe Umzalendo witwaje imbunda yagiye kwiba mu Rwanda.

Bidasanzwe Umzalendo witwaje imbunda yagiye kwiba mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?