• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Vradimir Putin yagize icyavuga ku matora yarangiye ku Cyumweru, maze afunga abatemera ibyayavuyemo.

minebwenews by minebwenews
March 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Vradimir Putin yagize icyavuga ku matora yarangiye ku Cyumweru, maze afunga abatemera ibyayavuyemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarusiya benshi badashigikiye insinzi ya perezida Vradimir Putin batawe muriyombi.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni nyuma y’amatora yarangiye ku Cyumweru, tariki ya 17/03/2024, aho bamwe mu Barusiya benshi bitabiriya ay’amatora kuva k’uwa Gatanu, w’i Cyumweru dusoje, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Bivuga ko ‘ntagushidikanya byari byitezwe ko perezida Vradimir Putin aza kweguna insinzi. Abashinzwe amatora baje gutangaza n’ubundi ko Putin ariwe wegukanye insinzi ku majwi 87%.

Nyuma perezida Vradimir Putin ubwe, yahise atangaza ko demokarasi yo mu Burusiya ikorera mu mucyo ngo kurusha ibihugu byinshi byo mu Burengerazuba bw’isi.”

Reuters ivuga kandi ko “ibyakurikiyeho n’uko abadashigikiye Putin bahise biroha mu mihanda bamagana insinzi ye. Bakora imyigaragambyo bahaye izina rya ‘noon’ kurwanya Putin.”

Itsinda rya Ovid, ryo mu gihugu cy’u Burusiya rishinzwe gukurikirana amakuru rivuga ko byibuze abantu bagera kuri 80 bahise batabwa muriyombi.

Imijyi yatoye cyane Vradimir Putin ni Moscou na St Petersburg, ndetse nohanze y’u Burusiya, ahari ambasade zabo.

Gusa, ibihugu bitari bike ntibyigeze bishima amatora yabaye mu gihugu cy’u Burusiya, nk’i gihugu cy’u Budage cyo kivuga ko amatora yabaye mu Burusiya ari inkinamicyo.

Bavuga ko “ari amatora y’ibinyoma ku butegetsi bw’i gitugu bushingiye ku gukandamiza abaturage no kubahohotera.”

Ay’amatora kandi yamaganwe na minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bwongereza, bwana Cameron, aho avuga ati: “Si amatora ni imikino, ntiyemewe, kubera igitero kigamije gusenyera abanyagihugu ba Ukraine.”

        MCN
Tags: Abarusiya bafunzweInsinziPutin Vradimir
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Mbere, muri teritware ya Masisi, hongeye kubura imirwano ikaze, hagati y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Kuri uyu wa Mbere, muri teritware ya Masisi, hongeye kubura imirwano ikaze, hagati y'ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?