Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Vradimir Putin yagize icyavuga ku matora yarangiye ku Cyumweru, maze afunga abatemera ibyayavuyemo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Vradimir Putin yagize icyavuga ku matora yarangiye ku Cyumweru, maze afunga abatemera ibyayavuyemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarusiya benshi badashigikiye insinzi ya perezida Vradimir Putin batawe muriyombi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni nyuma y’amatora yarangiye ku Cyumweru, tariki ya 17/03/2024, aho bamwe mu Barusiya benshi bitabiriya ay’amatora kuva k’uwa Gatanu, w’i Cyumweru dusoje, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Bivuga ko ‘ntagushidikanya byari byitezwe ko perezida Vradimir Putin aza kweguna insinzi. Abashinzwe amatora baje gutangaza n’ubundi ko Putin ariwe wegukanye insinzi ku majwi 87%.

Nyuma perezida Vradimir Putin ubwe, yahise atangaza ko demokarasi yo mu Burusiya ikorera mu mucyo ngo kurusha ibihugu byinshi byo mu Burengerazuba bw’isi.”

Reuters ivuga kandi ko “ibyakurikiyeho n’uko abadashigikiye Putin bahise biroha mu mihanda bamagana insinzi ye. Bakora imyigaragambyo bahaye izina rya ‘noon’ kurwanya Putin.”

Itsinda rya Ovid, ryo mu gihugu cy’u Burusiya rishinzwe gukurikirana amakuru rivuga ko byibuze abantu bagera kuri 80 bahise batabwa muriyombi.

Imijyi yatoye cyane Vradimir Putin ni Moscou na St Petersburg, ndetse nohanze y’u Burusiya, ahari ambasade zabo.

Gusa, ibihugu bitari bike ntibyigeze bishima amatora yabaye mu gihugu cy’u Burusiya, nk’i gihugu cy’u Budage cyo kivuga ko amatora yabaye mu Burusiya ari inkinamicyo.

Bavuga ko “ari amatora y’ibinyoma ku butegetsi bw’i gitugu bushingiye ku gukandamiza abaturage no kubahohotera.”

Ay’amatora kandi yamaganwe na minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bwongereza, bwana Cameron, aho avuga ati: “Si amatora ni imikino, ntiyemewe, kubera igitero kigamije gusenyera abanyagihugu ba Ukraine.”

        MCN
Tags: Abarusiya bafunzweInsinziPutin Vradimir
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Mbere, muri teritware ya Masisi, hongeye kubura imirwano ikaze, hagati y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Kuri uyu wa Mbere, muri teritware ya Masisi, hongeye kubura imirwano ikaze, hagati y'ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?