• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Vradimir Putin yagize icyavuga ku matora yarangiye ku Cyumweru, maze afunga abatemera ibyayavuyemo.

minebwenews by minebwenews
March 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Vradimir Putin yagize icyavuga ku matora yarangiye ku Cyumweru, maze afunga abatemera ibyayavuyemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarusiya benshi badashigikiye insinzi ya perezida Vradimir Putin batawe muriyombi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni nyuma y’amatora yarangiye ku Cyumweru, tariki ya 17/03/2024, aho bamwe mu Barusiya benshi bitabiriya ay’amatora kuva k’uwa Gatanu, w’i Cyumweru dusoje, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Bivuga ko ‘ntagushidikanya byari byitezwe ko perezida Vradimir Putin aza kweguna insinzi. Abashinzwe amatora baje gutangaza n’ubundi ko Putin ariwe wegukanye insinzi ku majwi 87%.

Nyuma perezida Vradimir Putin ubwe, yahise atangaza ko demokarasi yo mu Burusiya ikorera mu mucyo ngo kurusha ibihugu byinshi byo mu Burengerazuba bw’isi.”

Reuters ivuga kandi ko “ibyakurikiyeho n’uko abadashigikiye Putin bahise biroha mu mihanda bamagana insinzi ye. Bakora imyigaragambyo bahaye izina rya ‘noon’ kurwanya Putin.”

Itsinda rya Ovid, ryo mu gihugu cy’u Burusiya rishinzwe gukurikirana amakuru rivuga ko byibuze abantu bagera kuri 80 bahise batabwa muriyombi.

Imijyi yatoye cyane Vradimir Putin ni Moscou na St Petersburg, ndetse nohanze y’u Burusiya, ahari ambasade zabo.

Gusa, ibihugu bitari bike ntibyigeze bishima amatora yabaye mu gihugu cy’u Burusiya, nk’i gihugu cy’u Budage cyo kivuga ko amatora yabaye mu Burusiya ari inkinamicyo.

Bavuga ko “ari amatora y’ibinyoma ku butegetsi bw’i gitugu bushingiye ku gukandamiza abaturage no kubahohotera.”

Ay’amatora kandi yamaganwe na minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bwongereza, bwana Cameron, aho avuga ati: “Si amatora ni imikino, ntiyemewe, kubera igitero kigamije gusenyera abanyagihugu ba Ukraine.”

        MCN
Tags: Abarusiya bafunzweInsinziPutin Vradimir
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Mbere, muri teritware ya Masisi, hongeye kubura imirwano ikaze, hagati y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Kuri uyu wa Mbere, muri teritware ya Masisi, hongeye kubura imirwano ikaze, hagati y'ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?