• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze ko yungutse isomo rishya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
April 8, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze ko yungutse isomo rishya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Cyril Ramaphosa wari mu bitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yavuze ko yavanye isomo rishya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Ni ku munsi w’ejo hashize n’ibwo Cyril Ramaphosa, wa Afrika y’Epfo yuriye indege asubira mu gihugu cye nyuma y’uko yari yageze i Kigali ahagana ku mugoroba wo k’uwa Gatandatu.

Igihugu cya Afrika y’Epfo ni kimwe mu bihugu byo mu muryango wa SADC byohereje ingabo mu Burasirazuba bwa RDC kurwanya M23.

Mu kiganiro yatanze mbere y’uko yurira indege asubira mu gihugu cye, perezida Cyril Ramaphosa yavuze ko hakenewe igisubizo cya politiki ku bibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Mvuye mu Rwanda mfite umuhate, n’ubushake ko tugomba gushaka igisubizo kiganisha kuri politiki ku bibazo bihari, abaturage ba Congo bakeneye amahoro, kimwe n’uko ab’u Rwanda bayakeneye, bityo twese hamwe harimo na SADC tugomba gukorera hamwe ngo amahoro aboneke.”

Byari byanatunguranye kuba yaraje kwifatanya na Banyarwanda kw’ibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi.

Akimara kugera i Kigali ku mugoroba wo kuwa Gatandatu, yahise agirana ikiganiro na perezida w’u Rwanda Paul Kagame. Ni ikiganiro cya bereye muri Convention center.

Umubano w’u Rwanda na Afrika y’Epfo w’igeze kuba mwiza mu bihe bya perezida Thabo Mbeki, ariko nyuma uza gusubira inyuma ubwo benshi mu bayobozi b’u mutwe wa RNC urwanya ubutegetsi bwa Kigali bahabwaga ikaze muri Afrika y’Epfo. Birushaho kuba bibi mu mpera z’u mwaka ushize ubwo Afrika y’Epfo yohereje abasirikare muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

U Rwanda ruvuga ko ingabo za SADC zikorana n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo, zisanzwe zifitanye umubano wahafi na FDLR irimo abasize bakoze genocide mu Rwanda, mu 1994.

         MCN.
Tags: Hakenewe igisubizo cya politikiIsomo rishyaKu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yiswe inshuti nyayo y’igihugu cya Israel.

Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame yiswe inshuti nyayo y'igihugu cya Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?