• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida wa Amerika aragirira uruzinduko muri Angola.

minebwenews by minebwenews
December 2, 2024
in World News
0
Perezida wa Amerika aragirira uruzinduko muri Angola.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Amerika aragirira uruzinduko muri Angola.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, ategerejwe i Luanda muri Angola mu ruzinduko rwo gushyigikira umushinga w’iyubakwa ry’umuhanda wa gariyamashi uzafasha mugutwara amabuye y’agaciro ava mu bice bitandukanye byo muri Afrika yoherezwa muri Amerika.

Biteganijwe ko Joe Biden azakorera uru ruzinduko muri Angola kuva tariki ya 02 kugeza 04 ukwezi kwa Cumi nabiri uyu mwaka w’ 2024, akaba ari rwo rwa mbere uyu mutegetsi wa Amerika agiriye mu gihugu cya Angola cyo mu majyepfo ashyira uburenganzuba bwa Afrika.

Umuhanda wa gariyamashi uteganyijwe kubakwa wa Lobito ufite ibirometero 1,300, uhuza igice cyo muri Afrika gikungahaye ku mabuye y’agaciro n’icyambu cyo mu majyepfo ashyira uburenganzuba.

Amerika ivuga ko yakusanyirije hamwe miliyari zirenga 5 z’amadolari, harimo amafaranga y’abikorera n’aya Leta, mu ishoramari ryayo muri uyu mushinga.

Byitezwe ko perezida Biden muri uru ruzinduko azashimangira ko hakenewe kwimakaza ituze, amahoro, n’umutekano ndetse no gukemura ibibazo bijyanye n’ibiribwa.

Inyandiko perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yashyize hanze ivuga ko ibihugu byombi biri gukora ibishoboka byose mu gukemura ibibazo by’ingutu bitandukanye.

Perezidansi yagize iti: “Kuva ku kugabanya icyuho kiri mu bikorwa remezo muri Afrika ndetse no kongera amahirwe mu by’ubukungu n’iterambere rirambye mu karere, kugera ku kwagura ubufatanye mu by’ikoranabuhanga n’ubumenyi.”

Tags: AngolaJoe Biden
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa Hezbollah wongeye kugabwaho ibitero bikaze.

Umutwe wa Hezbollah wongeye kugabwaho ibitero bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?