Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Angola, João Lourenço, yakiriye Paul Kagame, baganira k’u mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 11, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Angola, João Lourenço, yakiriye Paul Kagame, baganira k’u mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yagiriye uruzinduko mu gihugu cya Angola, aho agiye kuganira na perezida João Lourenço ku by’u mutekano harimo n’uwa karere.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11/03/2024, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze i Luanda, mu ruzinduko rwa kazi bivugwa ko ari urwumunsi umwe.

Ibi bya nemejwe n’ibiro by’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda, aho byatangaje ko perezida Paul Kagame ko yageze i Luanda, kuri uyu wa Mbere.

Bikaba byitezwe ko aba bakuru b’i bihugu byombi baza kuganira ku bibazo by’u mutekano muke, uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, by’u mwihariko ku ntambara M23 ihanganyemo n’igisirikare cy’igihugu cya RDC.

Perezida wa Angola asanzwe ari umuhuza w’ibibazo byo mu karere k’ibiyaga bigari. Mumpera z’ukwezi gushize, yari yakiriye kandi perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho nawe baganiriye ku mwuka w’intambara umaze igihe mu Burasirazuba bwa Congo.

Amakuru avuga ko ibiganiro bya Paul Kagame na João Lourenço ko bya bereye aha bonyine, bikaba biri mu byatumye, ibinyamakuru y’aba ibya Kigali cyangwa i by’i Luanda, badatangaza ibyaba byavuye muri ibyo biganiro.

Gusa, nk’uko byagiye bivugwa kuva mbere João Lourenço arimo gushaka guhuza Tshisekedi uhora ashinja Kigali gufasha M23 kuganira na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, nawe ushinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Kugeza ubu nta munsi uzwi aba bakuru b’i bihugu byombi bazicarana bakaganira, ni mu gihe Tshisekedi muri ibyo biganiro aheruka kugirana n’u muhuza João Lourenço yemeye kuzaganira na Kagame.

Umwaka ushize Tshisekedi yari yarahiye ko atazongera guhura na Paul Kagame, ngu sibye mu ijuru.

Perezida wa Angola João Lourenço we, asanzwe afitanye umubano mwiza n’u Rwanda, kuva yaja ku butegetsi ahagana mu mwaka w’ 2017, yagiranye amasezerano n’u Rwanda arimo ayu bufatanye, mu bijyanye na diplomasi, ndetse n’ubufatanye mu by’u mutekano.

           MCN.
Tags: AngolaJoão LourençoPerezida Paul KagameRwandaYakiriye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Gen Sultan Makenga, mu mirwano itamaze umwanya munini yazihanganishije n’ihuriro ry’ingabo za Tshisekedi, zongeye kwigarurira indi Centre y’ingenzi ya Vitshumbi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ingabo za Gen Sultan Makenga, mu mirwano itamaze umwanya munini yazihanganishije n'ihuriro ry'ingabo za Tshisekedi, zongeye kwigarurira indi Centre y'ingenzi ya Vitshumbi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?