Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Angola, João Lourenço, yakiriye Paul Kagame, baganira k’u mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 11, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Angola, João Lourenço, yakiriye Paul Kagame, baganira k’u mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yagiriye uruzinduko mu gihugu cya Angola, aho agiye kuganira na perezida João Lourenço ku by’u mutekano harimo n’uwa karere.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11/03/2024, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze i Luanda, mu ruzinduko rwa kazi bivugwa ko ari urwumunsi umwe.

Ibi bya nemejwe n’ibiro by’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda, aho byatangaje ko perezida Paul Kagame ko yageze i Luanda, kuri uyu wa Mbere.

Bikaba byitezwe ko aba bakuru b’i bihugu byombi baza kuganira ku bibazo by’u mutekano muke, uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, by’u mwihariko ku ntambara M23 ihanganyemo n’igisirikare cy’igihugu cya RDC.

Perezida wa Angola asanzwe ari umuhuza w’ibibazo byo mu karere k’ibiyaga bigari. Mumpera z’ukwezi gushize, yari yakiriye kandi perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho nawe baganiriye ku mwuka w’intambara umaze igihe mu Burasirazuba bwa Congo.

Amakuru avuga ko ibiganiro bya Paul Kagame na João Lourenço ko bya bereye aha bonyine, bikaba biri mu byatumye, ibinyamakuru y’aba ibya Kigali cyangwa i by’i Luanda, badatangaza ibyaba byavuye muri ibyo biganiro.

Gusa, nk’uko byagiye bivugwa kuva mbere João Lourenço arimo gushaka guhuza Tshisekedi uhora ashinja Kigali gufasha M23 kuganira na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, nawe ushinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Kugeza ubu nta munsi uzwi aba bakuru b’i bihugu byombi bazicarana bakaganira, ni mu gihe Tshisekedi muri ibyo biganiro aheruka kugirana n’u muhuza João Lourenço yemeye kuzaganira na Kagame.

Umwaka ushize Tshisekedi yari yarahiye ko atazongera guhura na Paul Kagame, ngu sibye mu ijuru.

Perezida wa Angola João Lourenço we, asanzwe afitanye umubano mwiza n’u Rwanda, kuva yaja ku butegetsi ahagana mu mwaka w’ 2017, yagiranye amasezerano n’u Rwanda arimo ayu bufatanye, mu bijyanye na diplomasi, ndetse n’ubufatanye mu by’u mutekano.

           MCN.
Tags: AngolaJoão LourençoPerezida Paul KagameRwandaYakiriye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Gen Sultan Makenga, mu mirwano itamaze umwanya munini yazihanganishije n’ihuriro ry’ingabo za Tshisekedi, zongeye kwigarurira indi Centre y’ingenzi ya Vitshumbi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ingabo za Gen Sultan Makenga, mu mirwano itamaze umwanya munini yazihanganishije n'ihuriro ry'ingabo za Tshisekedi, zongeye kwigarurira indi Centre y'ingenzi ya Vitshumbi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?