• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Angola, João Lourenço, yakiriye Paul Kagame, baganira k’u mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Angola, João Lourenço, yakiriye Paul Kagame, baganira k’u mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yagiriye uruzinduko mu gihugu cya Angola, aho agiye kuganira na perezida João Lourenço ku by’u mutekano harimo n’uwa karere.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Ni kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11/03/2024, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze i Luanda, mu ruzinduko rwa kazi bivugwa ko ari urwumunsi umwe.

Ibi bya nemejwe n’ibiro by’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda, aho byatangaje ko perezida Paul Kagame ko yageze i Luanda, kuri uyu wa Mbere.

Bikaba byitezwe ko aba bakuru b’i bihugu byombi baza kuganira ku bibazo by’u mutekano muke, uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, by’u mwihariko ku ntambara M23 ihanganyemo n’igisirikare cy’igihugu cya RDC.

Perezida wa Angola asanzwe ari umuhuza w’ibibazo byo mu karere k’ibiyaga bigari. Mumpera z’ukwezi gushize, yari yakiriye kandi perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho nawe baganiriye ku mwuka w’intambara umaze igihe mu Burasirazuba bwa Congo.

Amakuru avuga ko ibiganiro bya Paul Kagame na João Lourenço ko bya bereye aha bonyine, bikaba biri mu byatumye, ibinyamakuru y’aba ibya Kigali cyangwa i by’i Luanda, badatangaza ibyaba byavuye muri ibyo biganiro.

Gusa, nk’uko byagiye bivugwa kuva mbere João Lourenço arimo gushaka guhuza Tshisekedi uhora ashinja Kigali gufasha M23 kuganira na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, nawe ushinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Kugeza ubu nta munsi uzwi aba bakuru b’i bihugu byombi bazicarana bakaganira, ni mu gihe Tshisekedi muri ibyo biganiro aheruka kugirana n’u muhuza João Lourenço yemeye kuzaganira na Kagame.

Umwaka ushize Tshisekedi yari yarahiye ko atazongera guhura na Paul Kagame, ngu sibye mu ijuru.

Perezida wa Angola João Lourenço we, asanzwe afitanye umubano mwiza n’u Rwanda, kuva yaja ku butegetsi ahagana mu mwaka w’ 2017, yagiranye amasezerano n’u Rwanda arimo ayu bufatanye, mu bijyanye na diplomasi, ndetse n’ubufatanye mu by’u mutekano.

           MCN.
Tags: AngolaJoão LourençoPerezida Paul KagameRwandaYakiriye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Gen Sultan Makenga, mu mirwano itamaze umwanya munini yazihanganishije n’ihuriro ry’ingabo za Tshisekedi, zongeye kwigarurira indi Centre y’ingenzi ya Vitshumbi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ingabo za Gen Sultan Makenga, mu mirwano itamaze umwanya munini yazihanganishije n'ihuriro ry'ingabo za Tshisekedi, zongeye kwigarurira indi Centre y'ingenzi ya Vitshumbi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?