• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Angola yagize ibyo asezeranya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC; menya n’uko byifashe ku mirongo y’urugamba.

minebwenews by minebwenews
January 13, 2025
in Regional Politics
0
Perezida wa Angola yagize ibyo asezeranya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC; menya n’uko byifashe ku mirongo y’urugamba.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Angola yagize ibyo asezeranya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, menya n’uko byifashe ku mirongo y’urugamba.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida wa Angola, João Lourenço, umuhuza ku makimbirane hagati y’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, aheruka kuja kugisha inama mugenzi we wa Congo-Brazzaville, mu biganiro byabo bemeza ko hakenewe gukomeza inzira y’ibiganiro ku mpande zombi kugira ngo amahoro n’umutekano bigerweho mu Burasirazuba bwa RDC.

Umukuru w’igihugu cya Angola yavuze ko amakimbirane ari hagati y’u Rwanda na Congo, ashobora kurangira, aherereye ku myanzuro yafatiwe mu biganiro byo ku rwego rw’abaminisitiri hagati ya Congo n’u Rwanda, mu mishyikirano ibera i Luanda.

Yavuze ko hakenewe inama yo ku rwego rwo hejuru ishobora gukura munzira inzitizi zihari kugira ngo imyanzuro yafashwe ku bijyanye no ku randura FDLR no kuba u Rwanda rwakuraho ingamba z’ubwirinzi rwashyizeho ku bw’umutekano warwo, itazaba imfabusa.

Aba baperezida bombi, Deni Sassou-N’guesso na perezida João Lourenço bagaragaje ko bahangayikishijwe n’iyubura ry’imirwano hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo( FARDC), mu gihe hari humvikanyweho agahenge ko guhagarika imirwano tariki ya 04/08/2024 hagati ya Kigali na Kinshasa mu biganiro by’i Luanda.

Aba bayobozi bombi bakaba barahuye ku ya 11/01/2025 i Brazzaville,
basabye impande zihanganye gushyira imbere inzira ziganisha ku gukomeza ibiganiro, no gushyigikira ubuhuza.

Kugeza ubu imirwano irakomeje, ahar’ejo tariki ya 12/01/2025 yabereye mu nkengero za Sake no muri teritware ya Nyiragongo, umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko yavuze ko ingabo za FARDC zimiriye umutwe wa M23 gufata uduce muri Kivu y’Amajy’epfo, nubwo andi makuru avuga ko uyu mutwe wafashe agace ka Kalungu kari hafi na centre ya Minova muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ikindi uyu mutwe wanigaruriye utundi duce duherereye muri teritware ya Nyiragongo, ahanini uturi muri grupema ya Kibumba.

Hagataho, imibare y’abaturage bahunga imirwano, nayo ikomeje kwiyongera, bigatuma hakenerwa uburyo butandukanye bwo kugoboka abo bantu.

Tags: FardcLourenco JoãoM23Rwanda
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ntuyahaga yasubije Umunyarwanda uheruka kuvuga ko Abanyamulenge ari "inzererezi."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?