• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida wa Colombia yanenze imyitwarire ya Trump mu nama ya COP30

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 7, 2025
in World News
0
Perezida wa Colombia yanenze imyitwarire ya Trump mu nama ya COP30
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Colombia yanenze imyitwarire ya Trump mu nama ya COP30

You might also like

Israel yakoze igitero gikomeye cyo mu kirere muri Libani

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, yanenze bikomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, amushinja kudaha agaciro ibibazo by’imihindagurikire y’ibihe no kutitabira Inama y’Abakuru b’Ibihugu ku mihindagurikire y’ikirere iri kubera i Belém muri Brazil.

Mu butumwa yatanze ku wa Kane, Petro yavuze ko “Donald Trump afite amakosa 100%” anamagana politiki ye ishingiye ku gushishikariza kongera gucukura ibikomoka kuri peteroli.

Petro yagaragaje impungenge ko iyi myitwarire ya Trump ishobora gusubiza inyuma intambwe imaze guterwa mu kurengera ibidukikije no kugabanya imyuka yangiza ikirere, ashimangira ko kwirengagiza amahirwe yo gufata ibyemezo bikomeye ku mihindagurikire y’ibihe ari ugusuzugura ejo hazaza h’isi.

Iyi mvugo ye ije mu gihe inama ya COP30 iteranye muri Brazil, aho yatangiye tariki ya 6 ikazasozwa tariki ya 21 z’uku kwezi turimo kwa cumi numwe 2025. Yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu n’abandi bayobozi batandukanye bo ku isi, hagamijwe gushaka ibisubizo bihamye ku bibazo by’ikirere. Perezida Trump ntiyitabiriye iyi nama, ibintu byakomeje kwamaganwa n’abayobozi batandukanye ku isi.

Tags: Cop30ImyitwarireTrump
Share24Tweet15Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Israel yakoze igitero gikomeye cyo mu kirere muri Libani

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
Israel yakoze igitero gikomeye cyo mu kirere muri Libani

Israel yakoze igitero gikomeye cyo mu kirere muri Libani Mu gikorwa cyatunguye benshi, Israel yakoze ibitero bikomeye by’indege mu majy'Epfo ya Libani, ivuga ko yibasiye ibirindiro n’ibikoresho bya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani

by Bahanda Bruce
November 4, 2025
0
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin...

Read moreDetails

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y'ibitero bikaze by'u Burusiya Intara ya Donetsk, iherereye mu burasirazuba bwa Ukraine, iri mu mwijima, nyuma y'aho u Burusiya buyigabyemo ibitero...

Read moreDetails

I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
1
I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

I Burundi mu byishimo nyuma y'uko babonye igitoro (lisansi) Igihugu cy'u Burundi cyari kimaze hafi imyaka irenga itanu cyarabuze ibikomoka kuri peteroli, ahanini lisansi, ariko cyongeye kuyibona. Ni...

Read moreDetails

Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye Komisiyo y'amatora mu gihugu cya Tanzania, yatangaje ko "Samia Suluhu Hassan ariwe watsinze amatora y'umukuru w'igihugu, aho yayatsinze ku majwi 97, 66%....

Read moreDetails
Next Post
Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z’u Burundi n’iza RDC

Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z'u Burundi n'iza RDC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?