• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

minebwenews by minebwenews
July 13, 2025
in World News
0
Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yakomerekeye mu gitero igisirikare cya Israel cyagabye i Tehran ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Iran.

Amakuru avuga ko iki gitero cya Israel yagikoze ubwo abategetsi ba Iran bari mu nama y’umutekano yarimo na perezida w’iki gihugu.

Ni nama aya makuru akomeza avuga ko yari iy’umutekano w’igihugu, kandi ko yabaye ku itariki ya 15/06/2025, aho ngo yari yabereye i Tehran kumurwa mukuru wayo.

Bivugwa ko aya makuru yashyizwe hanze n’umwe mu bayobozi b’iki gihugu ariko utaratangajwe amazina ye, nk’uko byatangajwe na CNN dukesha iyi nkuru.

Avuga ko icyo gitero ko cyari kigamije kwica abayobozi bo hejuru bimitwe itatu y’ubutegetsi bwo muri iki gihugu cya Iran.

Yavuze kandi ko iki gitero ko cyakozwe igihe c’isaha ya saa sita z’amanywa, ibisasu bitandatu ngo bikaraswa ku nyubako yabereyemo inama kugira ngo bifunge inzira zose zo guhunga, bikurikirwa no gucibwa k’umuriro.

Nyamara ngo kubw’amahirwe, perezida wa Iran n’abandi bayobozi bakuru babasha kurokoka banyuze mu mwobo wihutirwa wari wateguwe, ariko uyu Perezida Pezeshkian w’imyaka 70 y’amavuko agakomereka ku kuguru, ariko ngo bidakabije.

Tags: IranIsraelMasoud PezeshkianYarakomerekejwe
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?