• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yishongoye kuri mugenzi we, Donald Trump uheruka guhamwa n’ibyaha 34.

minebwenews by minebwenews
June 2, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yishongoye kuri mugenzi we, Donald Trump uheruka guhamwa n’ibyaha 34.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yishongoye kuri Donald Trump uheruka guhamwa n’ibyaha 34 bifitanye isano n’inyandiko mpimbano.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni kuya 31/05/2024, nibwo perezida Joe Biden yatangaje akoresheje urubuga rwa x, avuga ko nta muntu numwe uri hejuru ya mategeko, agaragaza ko niyo waba warabaye perezida cyangwa se umuherwe ku rwego rwo hejuru utari hejuru y’amategeko y’igihugu.

Yagize ati: “Ntawe uri hejuru ya mategeko niyo waba warabaye perezida cyangwa umuherwe. Inkiko ziba zigomba kugufatira ibihano.”

Muri iki Cyumweru, urukiko rwa Manhattan muri leta ya New York rwahamije Trump ibi byaha, muri dosiye ifitanye isano n’amadolari 130.000 yahaye uwahoze ari umukinnyi wa Filime z’urukozasoni, Stormy Daniels baryamanye, kugira ngo atazamuvamo ubwo yiteguraga amatora yo mu 2016.

Ni icyemezo gishobora kumugiraho ingaruka mu gihe ateganya kwiyamamaza kongera kuyobora Amerika, aho azaba ahatanye na perezida Biden mu matora ateganyijwe mu kwezi kwa Cumi n’abiri 2024.

Abakurikira perezida Joe Biden kuri uru rubuga, bagaragaje amagambo ye nko kwishongora gukomeye kuri mugenzi we, bamwe bamwibutsa ko nawe hari amategeko yica, arimo kugaragaza gukingira ikibaba ubucuruzi butemewe no kurebera abinjira muri Amerika mu buryo butemewe n’amategeko.

Tariki ya 11/06/2024, biteganijwe ko aribwo urukiko ruzatangaza ibihano ruzafatira Trump.

           MCN.
Tags: Ibyaha 34Joe BidenKuri TrumpYishongoye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
M23 yongeye kurasa ibabaza ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu nkengero za centre ya Kanyabayonga.

M23 yongeye kurasa ibabaza ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu nkengero za centre ya Kanyabayonga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?