Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yishongoye kuri mugenzi we, Donald Trump uheruka guhamwa n’ibyaha 34.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 2, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yishongoye kuri mugenzi we, Donald Trump uheruka guhamwa n’ibyaha 34.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yishongoye kuri Donald Trump uheruka guhamwa n’ibyaha 34 bifitanye isano n’inyandiko mpimbano.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni kuya 31/05/2024, nibwo perezida Joe Biden yatangaje akoresheje urubuga rwa x, avuga ko nta muntu numwe uri hejuru ya mategeko, agaragaza ko niyo waba warabaye perezida cyangwa se umuherwe ku rwego rwo hejuru utari hejuru y’amategeko y’igihugu.

Yagize ati: “Ntawe uri hejuru ya mategeko niyo waba warabaye perezida cyangwa umuherwe. Inkiko ziba zigomba kugufatira ibihano.”

Muri iki Cyumweru, urukiko rwa Manhattan muri leta ya New York rwahamije Trump ibi byaha, muri dosiye ifitanye isano n’amadolari 130.000 yahaye uwahoze ari umukinnyi wa Filime z’urukozasoni, Stormy Daniels baryamanye, kugira ngo atazamuvamo ubwo yiteguraga amatora yo mu 2016.

Ni icyemezo gishobora kumugiraho ingaruka mu gihe ateganya kwiyamamaza kongera kuyobora Amerika, aho azaba ahatanye na perezida Biden mu matora ateganyijwe mu kwezi kwa Cumi n’abiri 2024.

Abakurikira perezida Joe Biden kuri uru rubuga, bagaragaje amagambo ye nko kwishongora gukomeye kuri mugenzi we, bamwe bamwibutsa ko nawe hari amategeko yica, arimo kugaragaza gukingira ikibaba ubucuruzi butemewe no kurebera abinjira muri Amerika mu buryo butemewe n’amategeko.

Tariki ya 11/06/2024, biteganijwe ko aribwo urukiko ruzatangaza ibihano ruzafatira Trump.

           MCN.
Tags: Ibyaha 34Joe BidenKuri TrumpYishongoye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
M23 yongeye kurasa ibabaza ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu nkengero za centre ya Kanyabayonga.

M23 yongeye kurasa ibabaza ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu nkengero za centre ya Kanyabayonga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?