• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yagize icyavuga ku itangazo ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, bashize hanze rivuga ku bwicanyi bwa korewe Abasivile.

minebwenews by minebwenews
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yagize icyavuga ku itangazo ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, bashize hanze rivuga ku bwicanyi bwa korewe Abasivile.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yavuze ku itangazo ry’ihuriro ry’Ingabo za guverinema ya Kinshasa, rivuga ku bwicanyi bwa kozwe n’ihuriro ry’Ingabo za RDC ba bukoreye abaturage ba Mweso, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Bisimwa yabyise amahano.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Itangazo ry’ingabo za FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, rya sohotse ahagana K’u mugoroba w’ejo hashize, tariki ya 25/01/2024, n’inyuma y’uko muri Mweso, hari hamaze gupfa abantu 19 bishwe n’igisasu cyarashwe n’ihuriro ry’Ingabo zabo, nk’uko Radio y’abaturage ya Mweso, y’atangaje ko “bishwe n’ibisasu bya tewe n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.”

Gusa, Bertrand Bisimwa, avugako mu itangazo rya FARDC bo, “bamaganye abasivile bapfuye n’abakomeretse, ngo mugihe bari bakwiye kwa magana ingabo zabo zakoze ibyo byaha.” Bisimwa, yibaza agira ati: “Nirihe kosa abasivile bo muri Mweso, bashobora kuryozwa?”

Perezida w’u mutwe wa M23 Bertrand Bisimwa, ibi yarabyamaganye avuga ko bi babaje atangaza ko ibyaha by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bikomeje kwiyongera.

Yagize ati: “Iyo usomye itangazo rya shizwe ahagaragara ry’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, rikwira kwizwa ku mbuga nkoranya mbaga, ku byaha byabo byo muntambara ahanini muri Mweso umuntu yanzura avuga ko ari amahano, barimo bikuraho ibyaha bakoze bakabisuka kubagizweho n’ingaruka.”

“Itangazo ryabo, aho kwamagana amahano yakozwe n’ihuriro ry’Ingabo zabo hubwo bamaganye abasivile bapfuye n’abakomeretse, nonese abagizweho nizo ngaruka bakoze ikihe cyaha koko?”

“Ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa kandi rivuga ko ko ryatewe na M23 muri Mweso kuva ejo hashize, ariko ngo baza ku birukana muri ako gace kugeza aho M23 itakigenzura Mweso. Ibyo bavuga barivuguruza ubwabo. Ni gute M23 yakwa mburwa agace kakaza kwigarurirwa n’iryo huriro?”

“Ikinyoma, n’ubwo bagerageza kugisiga inyuma ariko ibyabo birimo uburiganya.”

“M23 yari muri i Mweso mbere y’igitero cy’ihuriro kandi ntiyigeze itakaza habe na santimetre imwe muri aka gace ka Mweso.”

“Turaburira ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ku byaha byabo bakoreye abaturage binzira karengane ba bicira mungo zabo, mu Mujyi wa Mweso.”

Mur’iryo tangazo ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, rinamenyesha ko kandi igisasu cyishe abantu gitewe muri Mweso ko aricyimbunda yo mu bwoko bwa Martier 120.

Tu bibutseko Mweso, imaze hafi iminsi irenga itatu, yibasirwa n’ibitero bikomeye by’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa n’abafatanya bikorwa babo aribo FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na SADC.

N’ibitero bimaze gutuma benshi bata izabo abandi barishwe, aho mugitero ihuriro ry’Ingabo za RDC bagabye, kibanziriza icyabaye ejo, nacyo cyasize gihitanye abasivile barenga batatu.

Bruce Bahanda.

Tags: Bertrand BisimwaPerezida wa M23Ry'ihuriro ry'ingabo za RDCYagize icyavuga ku itangazo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe intambara y’u bwiyahuzi mu Mujyi wa Avdiivka, muri Ukraine, ku Ngabo z’u Burusiya.

Havuzwe intambara y'u bwiyahuzi mu Mujyi wa Avdiivka, muri Ukraine, ku Ngabo z'u Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?