• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa, yavuze icyateye ingabo ze, kwigarurira agace ka Rubaya, ko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 1, 2024
in Regional Politics
2
Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa, yavuze icyateye ingabo ze, kwigarurira agace ka Rubaya, ko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Bertrand Bisimwa wa M23 yavuze impamvu yabateye gufata agace ka Rubaya, ko iva ku ngabo zu butegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu nyandiko umuyobozi wa M23 Bertrand Bisimwa, yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, rwahoze rwitwa Twitter.

Yavuze ko kuba ingabo ze, zarigaruriye kariya gace kibitseho ubutunzi bukomeye bwa mabuye yagaciro bitavuze ko uyu mutwe ushaka ariya mabuye, ko ahubwo byavuye kukuba igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo cyarakomeje gushotora M23.

Muri izi nyandiko zu muyobozi, zivuga ko M23 yari nagize nigihe isaba imitwe irimo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi guhagarika ibikorwa byo kubangamira abaturage bo muri ibyo bice bya Rubaya, aho yanazishinje gukora ibindi bikorwa bibangamira abaturage.

Yanaboneyeho kuvuga ko ihuriro ry’Ingabo za RDC zari zigize igihe zica abaturage, harimo ko abaturage bari mukaga gakomoka kuri ryo huriro ry’ingabo.

Izi nyandiko za Bertrand Bisimwa zikomeza zivuga ko abasirikare be, ku wa kabiri, tariki ya 30/04/2024, bazindutse bagabwaho ibitero by’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa muri Karuba, Mushaki na Kagundu, maze nabo bahaguruka kwirwanaho.

Ubwo birwanagaho ihuriro ry’Ingabo ryari ryabagabyeho ibitero, byarangiye riya bangiye ingata abandi nabo bahitamo kwagura ubutaka, bityo bagera na Rubaya.

Inyandiko za Bertrand Bisimwa zinavuga kandi ko uyu mutwe wa M23 usaba abasanzwe bakora akazi ko gucukura amabuye y’agaciro bagomba gukomeza ibikorwa byabo, ngo kuko ibyo gucukura bitari mu ntego za M23.

Ariko agasaba ko abacukura bagomba kwitandukanya n’imitwe y’itwaje imbunda, ndetse kandi bakaba badakorana n’igisirikare icyari cyo cyose cyabangamira umutekano w’abaturage baturiye ibyo bice bya Rubaya.

           MCN.
Tags: Berterand BisimwaIcyateye ingabo zeKwigarurira agace ka RubayaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Lt Col Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare yatangaje ibindi bishya kubyo gufata agace ka Rubaya gatunze amabuye y’agaciro.

Lt Col Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare yatangaje ibindi bishya kubyo gufata agace ka Rubaya gatunze amabuye y'agaciro.

Comments 2

  1. Pingback: DRC: Bertrand Bisimwa Yatangaje Icyatumye Bigarurira Agace ka Rubaya Gakungahaye ku Mabuye y’Agaciro – Rwanda Tribune
  2. Pingback: DRC: Umuyobozi wa M23 Yatangaje Icyatumye Bigarurira Agace ka Rubaya Gakungahaye ku Mabuye y’Agaciro - izacunews

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?