• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 13, 2025
in World News
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

You might also like

Iran: Urupfu rw’Umuyobozi w’Ikirenga w’Igihugu Rwemejwe ku Mugaragaro

Amafaranga n’Igihe Bisaba Gukora Intwaro za Kirimbuzi

Ayatollah Khamenei Yitabye Imana: Uko Iherezo rye Rishobora Kuzahura cyangwa Guhindura Politiki ya Iran

Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy’u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n’umutwe wa basirikare witwa CAPSAT.

Mu ijoro ryo ku itariki ya 12/10/2025, Rajoelina yahungiye mu Bufaransa akoresheje indege y’igisirikare cyabwo.

Bikagaragazwa ko yahunze yabanjye kugirana amasezerano na perezida Emmanuel Macron.

Ndetse kandi aya makuru anavuga ko mbere y’uko ajanwa mu Bufaransa yabanje kwerekeza ku kirwa cya Sainte-Marie, akaba ari naho yafatiye indege y’igisirikare cy’u Bufaransa ari na yo yamujanye ku kirwa cy’Abafaransa kiba ku nyanja y’u Buhinde cyitwa La Reunion.

Nanone kandi RFI dukesha iyi nkuru yakomeje ivuga ko yageze no kuri kiriya kirwa ajanwa n’indi ndege ahataramenyekana, ariko bigakekwa ko yaba yarajanwe mu bigwa bya Maurice cyangwa i Dubai.

Ku rundi ruhande, u Bufaransa buvuga ko budashaka kwivanga mu bibazo bya politiki byo muri Madagascar.

Uyu mu perezida ahunze mu gihe yari yatangaje ko azageza ijambo ku baturage kuri uyu wa mbere saa moya z’umugoroba ku isaha yo muri iki gihugu.

Abatumye ahunga bari batangaje ko batakimushaka, ndetse bamusaba kwegura, na we abyamaganira kure anabyita “igerageza ryo guhirika ubutegetsi.”

Bikaba birangiye afashe icyemezo cyo guhunga, nyuma y’igitutu yotswagaho n’uriya mutwe w’Ingabo witwa CAPSAT.

Tags: BufaransaRojoelineYahunze
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Iran: Urupfu rw’Umuyobozi w’Ikirenga w’Igihugu Rwemejwe ku Mugaragaro

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
Iran: Urupfu rw’Umuyobozi w’Ikirenga w’Igihugu Rwemejwe ku Mugaragaro

Iran: Urupfu rw’Umuyobozi w’Ikirenga w’Igihugu Rwemejwe ku Mugaragaro Televiziyo ya Leta ya Iran yemeje ku mugaragaro ko Umuyobozi w’Ikirenga w’Igihugu (Supreme Leader), Ayatollah Sayyed Ali Khamenei, yapfuye, ivuga...

Read moreDetails

Amafaranga n’Igihe Bisaba Gukora Intwaro za Kirimbuzi

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
Amafaranga n’Igihe Bisaba Gukora Intwaro za Kirimbuzi

Amafaranga n’Igihe Bisaba Gukora Intwaro za Kirimbuzi Ikibazo cy’ikorwa ry’intwaro za kirimbuzi gikomeje kuba ingingo ikomeye mu mutekano mpuzamahanga, cyane cyane mu gihe amakimbirane hagati ya Iran, Israel...

Read moreDetails

Ayatollah Khamenei Yitabye Imana: Uko Iherezo rye Rishobora Kuzahura cyangwa Guhindura Politiki ya Iran

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
Ibyago Bikomeye muri Iran: Haravugwa Urupfu rwa Ayatollah, Umuyobozi w’Ikirenga

Ayatollah Khamenei Yitabye Imana: Uko Iherezo rye Rishobora Kuzahura cyangwa Guhindura Politiki ya Iran Amakuru akomeje gucicikana ku rwego mpuzamahanga avuga ko byamaze kwemezwa ko Ali Khamenei, Umuyobozi...

Read moreDetails

Ibyago Bikomeye muri Iran: Haravugwa Urupfu rwa Ayatollah, Umuyobozi w’Ikirenga

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Ibyago Bikomeye muri Iran: Haravugwa Urupfu rwa Ayatollah, Umuyobozi w’Ikirenga

Ibyago Bikomeye muri Iran: Haravugwa Urupfu rwa Ayatollah, Umuyobozi w’Ikirenga Mu mugoroba w’uyu munsi, amakuru akomeje gukwirakwira ku mbuga mpuzamahanga aravuga ko Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali...

Read moreDetails

Impinduka Zikomeye ku Mutekano w’Akarere n’Isi muri Rusange

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Impinduka Zikomeye ku Mutekano w’Akarere n’Isi muri Rusange

Impinduka Zikomeye ku Mutekano w’Akarere n’Isi muri Rusange Intambara yeruye hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel na Iran yatangiye ku mugaragaro uyu munsi, ishyira Akarere k’Uburasirazuba...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Uduce 8 FARDC n'abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y'uko bishe abasivili

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?