Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida wa RDC, ari i Bélim muri Brezil, yabwiye Abanye-Kongo ko yiteguye guhangana nabahungabanya amatora muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 10, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa RDC ari muri Brezil, yabwiye imbaga nyamwinshi ko harabantu bashaka guhungabanya amatora mur RDC ariko kobataza bishobora.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 10/08/2023, saa 6:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wa Gatatu, perezida wa Republika ya Democrasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ubwo yari i Belém muri Brezil, yabwiye Abanye-Kongo baba muricyo gihugu ko hari Abantu b’imbere mugihugu n’inyuma yacyo bashaka guhungabanya umutekano wa Matora ateganijwe kuba muri RDC ariko ko batazigera ba bishobora.

Ati: “Hanze n’imbere, ndabizi ko harabahari bakora kugira ngo baza dutobere amatora ariko aba ntibaza bishobora ndabyizeye neza ko umutekano wabyo urinzwe! Kandi nzatsinda ibyo byo ndabyizeye.”

Ibi umukuru w’igihugu ca RDC Félix Tshisekedi, yabitangaje kuruyu wa Gatatu ubwo yari yitabiriye inama y’ibihugu bitatu aribyo Brezil, Indonezia na Republika ya Democrasi ya Congo. N’inama yabereye i Bélim kumurwa mukuru wa Brezil.

Muriyo nama hakaba harimo higwa ubufatanye muby’ubukungu no guhahirana bw’ibi bihugu kwari bitatu. Ikindi nuko banzuye ko munama y’ubutaha izahuza ibi bihugu Brezil, Indonezia na RDC ko izabera kumurwa mukuru wa Republika ya Democrasi ya Congo (Kinshasa).

Perezida Kandi yemeje abanye Congo ko amatora ateganwa kuba muri RDC azaba mu Mezi make arimbere ababwira ko azaba mukwezi kwa Cyuminabiri uyu mwaka.

Tags: BélimBrezilFélex TshisekediRdcYasezeranije ko ntawuzahungabanya amatora
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abanyamulenge(Tutsi), bakomeje guhohoterwa muri RDC, nimugihe kandi Karumbuza yishwe arashwe na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?