Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida wa Uganda yashimiye Muammar Gaddafi na Nyerere, ndetse agaruka no ku mateka akomeye y’iki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 16, 2024
in Uncategorized
0
Perezida wa Uganda yashimiye Muammar Gaddafi na Nyerere, ndetse agaruka no ku mateka akomeye y’iki gihugu.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Uganda yashimiye Muammar Gaddafi na Nyerere, ndetse agaruka no ku mateka akomeye y’iki gihugu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Kuri iki Cyumweru tariki ya 15/09/2024, perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yakoze ikirori cy’uko yujuje imyaka 80 y’amavuko, maze ashimira zimwe mu ntwari za Afrika zafashije ishyaka rye kugera ku ntsinzi.

Umukuru w’igihugu cya Uganda, yashimiye n’abantu bose bamwifurije isabukuru nziza.

Yagize ati: “Ndashimira buri wese wangaragarije ibyishimo anyifuriza isabukuru y’amavuko. Nishimiye iyi mpano y’imyaka 80 maze ndiho.”

Yakomeje agira ati: “Ndashimira ababyeyi banjye bandeze na Mama Janet ku bwo kumpesha umugisha muri iki gihe cyose maranye n’umuryango.”

Perezida Museveni yanashimiye abasirikare babanye nawe ku rugamba rwo kubohora igihugu, ndetse n’abahoze ari abarwanyi ba NRA, uyu ukaba ari umutwe w’igisirikare w’ishyaka rya NRM. Abashimira uruhare bagize mu gutuma iki gihugu kigeze ahashimishije.

Ntiyagarukiye aho gusa, kuko yanashimiye abakuru b’ibihugu byo muri Afrika bamufashije mu rugamba rukomeye yanyuzemo rwo kubohora igihugu.

Yagize ati: “Ndashimira kandi Abanyafrika nka Mwalimu Nyerere, Samora Marchal, Muammar Gaddafi, ndetse n’abandi bose badufashije mu rugamba rwo kubohora igihugu.”

Yanavuze kandi ko ibyo kwishima atabigezeho wenyine, ahubwo ko Abanya-Uganda na bo bakwiye kwishimira urugamba barwanye rubagejeje ku byo bagezeho.

       MCN.
Tags: NyerereUgandaYashimiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Uwari ikirangirire akaba n’umuvandimwe wa Michael Jackson yitabye Imana, menya byinshi kuriwe.

Uwari ikirangirire akaba n'umuvandimwe wa Michael Jackson yitabye Imana, menya byinshi kuriwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?