• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wagateganyo w’inteko nshinga mategeko muri RDC, Christophe Mboso, yahamagariye Abanyekongo kw’itegura gutera u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wagateganyo w’inteko nshinga mategeko muri RDC, Christophe Mboso, yahamagariye Abanyekongo kw’itegura gutera u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’inteko nshinga mategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yahamagariye abanyekongo kw’itegura guhangana n’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

K’uwa Mbere w’iki Cyumweru, tariki ya 29/01/2024, n’ibwo Christophe Mboso, yarahiriye kuyobora nka perezida wa gateganyo w’inteko nshinga mategeko muri RDC.
Nyuma y’uko arahiye yahise ahamagarira Abanye-kongo by’umwihariko urubyiruko, gutegura imbunda zabo kugira ngo bahangane n’igihugu cy’u Rwanda, avuga ko cya vogereye ubusugire bw’igihugu cyabo.

Yabivuze agize ati: “Kugira ngo tugere ku mahoro arambye, Abanyekongo bagomba kuba biteguye gufata imbunda, bibabaye ngo mbwa kugira bahangane n’igitero bagabwe ho n’igihugu cy’u Rwanda, kandi turinde ubusugire bw’igihugu cyacu.”

Perezida Mboso, yavuze kandi ko bakwiye kwita kuri gahunda za mahoro ziyobowe n’umukuru w’igihugu cya Angola, João Lourenço n’uwahoze ari perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta.

Yagarutse no k’u ntambara irimo kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko ababajwe n’uduce M23 yigaruriye two muri teritware ya Rutsuru na Masisi ndetse na Nyiragongo.

Ati: “Imirwano iracyarimo hagati y’ingabo z’igihugu cyacu na M23, ariko kurengera ubusugire bw’igihugu cyacu biri mu nshingano zacu kuri buri muturage wa RDC.”

Yakomeje avugako ati: “Tugomba kwivanaho ubushotoranyi bw’u Rwanda, ndetse n’ibindi bibazo by’u mutekano bikomeje kw’i basira ubusugire bw’igihugu cyacu, n’ibibazo by’iterambere.”

Mboso kandi yakanguriye Abanyapolitike gushigikira Gahunda za leta kugira barusheho kuzamura igihugu cyabo.

Ibyo perezida w’inteko nshinga mategeko Mboso yavuze bisa nibyo perezida wa RDC Félix Tshisekedi, akunze kuvuga ko azakuraho ubutegetsi bwa perezida w’u Rwanda Paul Kagame, ubwo yita bw’igitugu, aho no kumunsi w’ejo yavuze ko Guverinoma ye itazigera ishikirana n’u Rwanda.

Ibi kandi byaraye bigarutsweho na minisiteri w’ingabo mu Burundi, aho yavuze ko igihugu cye kiri kohereza Ingabo zabo k’u mupaka w’u Rwanda n’u Burundi kugira bitegurire ku rwanya u Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyekongoPerezida w'inteko nshinga mategekoRdcWagateganyoYahamagariye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
FARDC irimo kwa maganwa n’abaturage baturiye agace ka Panzi, mu Mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

FARDC irimo kwa maganwa n'abaturage baturiye agace ka Panzi, mu Mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?