Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida w’igihugu ca Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, kuruyu wa Gatatu yaraye ageze i Kinshasa muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 6, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, kuruyu wa Gatatu w’ejo hashize, yageze i Kinshasa aho ari muruzinduko rwakazi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe n’a Bruce Bahanda, Kw’itariki 06/07/2023, saa 2:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kumugoroba wokuri uyu wagatatu, w’ejo hashize mwiki Cyumweru, Perezida Cyril Ramaphosa, wa Afrika y’Epfo yageze i Kinshasa kumurwa mukuru wa Republika ya Democrasi ya Congo. Akaba aje muruzinduko rwakazi bikaba biteganijwe ko muri uru rugendo azahamara iminsi ibiri(2), akazaganira ninzego ninshi zomubutehetsi bw’iki gihugu.

Nkuko tubikesha inyandiko yibiro byuyu mukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, babinyujije kuri Twitter, uru ruzinduko hagati yaba Perezida bombi Félix Tshisekedi na Cyril Ramaphosa, ibiganiro byabo bizibanda ku bufatanye bw’ubukungu hagati ya Republika ya democrasi ya Congo na Afrika y’Epfo.

Biteganijwe ko kandi haza gushyirwaho umukono ku masezerano bari buze gusezerana yerekeye inyungu zibihugu byombi.

Aba bakuru b’ibihugu byombi kandi, nkuko biteganijwe kuruyu wa Kane, baraza kwerekeza kungolo yumukuru w’igihugu (Palais de la Nation) hanyuma baraza kuyobora inama ya komisiyo ihuriweho n’a Republika ya democrasi ya Congo hamwe n’a Afrika y’Epfo.

Ibi biraza kuba habanjye kuba ihuriro ryibiganiro bijanye nu bukungu kubihugu byombi nkuko tubikesha ibiro bikuru bya Perezida Félix Tshisekedi wa Republika ya democrasi ya Congo.

Tags: Afrika y'Epfobizibanda kubukunguCyril RamaphosaFélix TshisekediibiganiroKinshasaRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa M23, urashinja ingabo za RDC kuba inyuma y'ubwicanyi bwakorewe muduce twa Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?