• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’igihugu cya Pologne Duda Andrzej, yahaye ikaze Abanyarwanda bashaka kwiga igisirikare n’ubundi bumenyi mu gihugu cye.

minebwenews by minebwenews
February 7, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’igihugu cya Pologne Duda Andrzej, yahaye ikaze Abanyarwanda bashaka kwiga igisirikare n’ubundi bumenyi mu gihugu cye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Pologne, Duda Andrzej, uri mu ruzinduko rwa kazi mu gihugu cy’u Rwanda, yagiranye i kiganiro n’u rubyiruko rwo muri Kigali.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Muri iki kiganiro Perezida Duda Andrzej, yagiranye n’urubyiruko rw’Abanyarwanda, yahaye ikaze Abanyarwanda bashaka kwiga igisirikare n’ubundi bumenyi muri rusange aho yahise aba bwira ati: “Amarembo arakinguye ku rubyiruko rw’Abanyarwanda bashaka kugira ubumenyi barahura muri Pologne.”

Yakomeje agira ati: “Mugihe u Rwanda rwaba ruri mu byago natwe twiteguye gutanga ubufasha, niyo mpamvu tuganira ku burezi harimo n’ibyagisirikare binyuze mu rubyiruko kugira ngo rubashe kurengera igihugu.”

Uy’u mukuru w’igihugu cya Pologne, uri mu ruzinduko rwa kazi mu gihugu cy’u Rwanda, yanavuze ko Abanyarwanda bashaka kwiga bahawe ikaze harimo no gukora ibijyanye n’umutekano mu by’ikorana buhanga.

Perezida Duda Andrzej ya na shimiye mugenzi we, umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame uko ya mwakiriye n’itsinda bazanye aboneraho no kumutumira ngo azasure Pologne.

Perezida Paul Kagame nawe yavuze ko amateka y’ibihugu bitandukanye afasha mu kubaka Sosiyete ndetse ko hari namasomo bisiga.

Tu bibutseko ko perezida Duda Andrzej yagendereye u Rwanda ari kumwe n’u mudamu we ndetse n’irindi tsinda ry’abayobozi bo mu gihugu cya Pologne ba tandukanye. Muri uru ruzinduko rwabo basuye n’u rwibutso rwa Genocide ruri ku Gisozi.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyarwandaBashaka kwiga igisirikarePerezida Duda AndrzejPologneYahaye ikaze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abanyekongo i Goma batwitse ama Bendera y’Amerika n’ayibihugu by’u bumwe bw’u Buraya.

Abanyekongo i Goma batwitse ama Bendera y'Amerika n'ayibihugu by'u bumwe bw'u Buraya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?