• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 4, 2025
in World News
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

You might also like

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Perezida wa Ukraine, Volodymir Zelensky, yatumiye mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ngo azasure igihugu cye kandi banaganire ku bufatanye bw’ibihugu byombi.

Zelensky yatumiye mugenzi we ubwo bari bafitanye ikiganiro kuri telephone ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 03/10/2025.

Mu butumwa Zelensky yatambukije akoresheje urubuga rwa x, yavuze ko yishimiye perezida Felix Tshisekedi wifatanyije na Ukraine mu ntambara irimo n’u Burusiya.

Yavuze kandi ko bagiranye ikiganiro cyiza na Tshisekedi, aho ngo baganiriye ku kamaro ko kugera ku mahoro, kubaha ubusugire, ndetse kandi no guteza imbere umubano w’ibihugu byombi.

Zelensky kandi yavuze ko muri iki gihe igihugu cye kiri mu ntambara n’u Burusiya, babyungukiyemo kumenya ikoranabuhanga ku rundi rwego, ashimangira ko yiteguye kurisangiza RDC.

Ndetse kandi avuga ko Ukraine yiteguye kugirana ubufatanye na RDC mu nzego zirimo imikoranire mu bya gisirikare, ikoranabuhanga mu by’ubuhinzi, ingufu, kwegereza ubushobozi abaturage no gukoresha ikoranabuhanga mu guha abaturage serivisi zinoze.

Yasoje avuga ko RDC yabigaragajemo ubushake, ndetse ko babyemeranyije ko amatsinda yabo azakorana ku bibazo byose bikenewe kugira ngo bagere ku bufatanye bw’unguka.

Tags: RdcTshisekediUbutumireUkraineZelensky
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu cyayo kidasanzwe mu birori yarifite byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'ishaka ry'abakozi. Iki gisasu Koreya...

Read moreDetails

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi Igihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel cyo muri uyu mwaka wa 2025, aho guhabwa perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, unamaze imyaka irenga ibiri afunzwe na leta y'iki gihugu, yagejejwe mu bitaro mu...

Read moreDetails
Next Post
Hamas yemeye ibyo yasabwe na Amerika

Hamas yemeye ibyo yasabwe na Amerika

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?