Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’inteko ishinga amategeko muri RDC yumvikanye avuga ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda, nabi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’inteko ishinga amategeko muri RDC yumvikanye avuga ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda, nabi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’inteko ishinga amategeko muri RDC yumvikanye avuga ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda, nabi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu kiganiro Vital Khamere yagiranye n’abashingamategeko ba Amerika, yababwiye ko amahoro azagaruka mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ngo igihe ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda, zavuye ku butaka bw’iki gihugu.

Aba bashingamategeko ba leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bagiriye uruzinduko muri RDC, bagiye kureba uko ibibazo by’u mutekano bimaze igihe mu Burasirazuba bw’igihugu, bihagaze.

Kamerhe kandi yasabye leta Zunze Ubumwe z’Amerika gusaba akanama k’umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro n’umutekano, gufatira ibihano u Rwanda na Uganda, ngo kuko hari raporo nyinshi zagaragaje ko ibi bihugu bifite uruhare mu ntambara imaze igihe mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Si ubwa mbere ubutegetsi bwa Kinshasa bushinja u Rwanda ibirego nk’ibi by’ibinyoma byo gufasha umutwe wa M23 umaze igihe ujegeza ingabo z’iki gihugu (FARDC), gusa u Rwanda rukaba rwarabinyomoje kenshi.

Nonone kandi ubutegetsi bw’iki gihugu bwakunze gusaba imiryango mpuzamahanga gufatira ibihano iki gihugu cy’igituranyi, ariko ikacyima amatwi.

Iri tsinda ry’abashingamategeko bo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ryari riyobowe na Brian Fitzpatrick, usanzwe ahagarariye Pennsylvanie, ndetse na amabasaderi wa USA muri Congo, Lucky Tamlyn.

Brian Fitzpatrick, wari uyoboye izi ntumwa, yavuze ko leta Zunze Ubumwe z’Amerika zizakomeza kuba hafi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni umufatanyabikorwa ukomeye wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ni na yo mpamvu byari ingenzi ko inteko ishinga amategeko yiyizira kureba ibikenewe mu bufatanye, mu rwego rwo kwagura imikoranire mu bikorwa by’ingenzi.”

           MCN.
Tags: Ingabo z'u Rwanda n'iza UgandaVital KhamereYumvikanye avuga nabi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w’igihugu.

Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w'igihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?