Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’inteko ishinga amategeko muri RDC yumvikanye avuga ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda, nabi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’inteko ishinga amategeko muri RDC yumvikanye avuga ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda, nabi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’inteko ishinga amategeko muri RDC yumvikanye avuga ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda, nabi.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni mu kiganiro Vital Khamere yagiranye n’abashingamategeko ba Amerika, yababwiye ko amahoro azagaruka mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ngo igihe ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda, zavuye ku butaka bw’iki gihugu.

Aba bashingamategeko ba leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bagiriye uruzinduko muri RDC, bagiye kureba uko ibibazo by’u mutekano bimaze igihe mu Burasirazuba bw’igihugu, bihagaze.

Kamerhe kandi yasabye leta Zunze Ubumwe z’Amerika gusaba akanama k’umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro n’umutekano, gufatira ibihano u Rwanda na Uganda, ngo kuko hari raporo nyinshi zagaragaje ko ibi bihugu bifite uruhare mu ntambara imaze igihe mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Si ubwa mbere ubutegetsi bwa Kinshasa bushinja u Rwanda ibirego nk’ibi by’ibinyoma byo gufasha umutwe wa M23 umaze igihe ujegeza ingabo z’iki gihugu (FARDC), gusa u Rwanda rukaba rwarabinyomoje kenshi.

Nonone kandi ubutegetsi bw’iki gihugu bwakunze gusaba imiryango mpuzamahanga gufatira ibihano iki gihugu cy’igituranyi, ariko ikacyima amatwi.

Iri tsinda ry’abashingamategeko bo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ryari riyobowe na Brian Fitzpatrick, usanzwe ahagarariye Pennsylvanie, ndetse na amabasaderi wa USA muri Congo, Lucky Tamlyn.

Brian Fitzpatrick, wari uyoboye izi ntumwa, yavuze ko leta Zunze Ubumwe z’Amerika zizakomeza kuba hafi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni umufatanyabikorwa ukomeye wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ni na yo mpamvu byari ingenzi ko inteko ishinga amategeko yiyizira kureba ibikenewe mu bufatanye, mu rwego rwo kwagura imikoranire mu bikorwa by’ingenzi.”

           MCN.
Tags: Ingabo z'u Rwanda n'iza UgandaVital KhamereYumvikanye avuga nabi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w’igihugu.

Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w'igihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?