• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Perezida w’inteko ishinga amategeko ya RDC, Vital Kamerhe yeguye, menya byinshi kuri we kuko ari mu bakoranye na Mobutu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 23, 2025
in Conflict & Security
0
Perezida w’inteko ishinga amategeko ya RDC, Vital Kamerhe yeguye, menya byinshi kuri we kuko ari mu bakoranye na Mobutu
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’inteko ishinga amategeko ya RDC, Vital Kamerhe yeguye, menya byinshi kuri we kuko ari mu bakoranye na Mobutu

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Perezida w’inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe yeguye kuri uwo mwanya nyuma yigitutu yaramaze igihe ashyirwaho n’abadepite bo muri iki gihugu.

Ahar’ejo ku wa mbere tariki ya 22/09/2025, ni bwo Kamerhe yanditse urwandiko agaragaza ko yeguye ku mwanya wa perezida w’inteko ishinga amategeko ya RDC, kandi anavuga ko yeguye ku mpamvu ze bwite.

Yanavuze kandi ko ukwegura kwe kujanye n’amategeko shingiro y’inteko ishinga, ngo nk’uko biteganywa mu ngingo ya 30.

Uyu mugabo wari umaze igihe kitari kinini kuri uyu mwanya, yeguye nyuma y’aho yari amaze igihe gito ashinjwa gucunga nabi umutungo no kubangamira imikorere y’inzego za Leta.

Abadepite barenga 200 bo muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bari baheruka gushyira inyandiko hanze isaba kweguza bamwe mu bayobozi b’inteko, ngo usibye visi perezida wa mbere n’uwa kabiri.

Amakuru akavuga ko ibyo byatangijwe n’abadepite bo mu ishyaka riri ku butegetsi rya UDpS, aho banavuga ko Kamerhe adakwiye gukomeza kuyobora inteko ishinga amategeko, ngo kuko afite ibiganza byanduye.

Uyu mwanya yari yarawugiyeho mu kwezi kwa gatanu umwaka ushize. Gusa ntibwari ubwa mbere Kamerhe aja kuri uyu mwanya, kuko kandi yawuyoboye muri 2006 kugeza 2009.

Binavugwa ko Kamerhe yakoranye na Mobutu Ses seko, Laurent Desire Kabila, Joseph Kabila n’ubutegetsi buriho kuri uyu munsi.

Amateka avuga ko Kamerhe yinjiye muri politiki mu 1984, akaba yari mu ishyaka rya UDPS, ryari irya Etienne Tshisekedi, se wa perezida Felix Tshisekedi.

Ahagana mu 1990 yatangiye kubona imyanya muri Leta. Kandi ngo nubwo yagiye aba mu mshyaka atavuga rumwe na Mobutu, ariko yari amushyigikiye cyane.

Igihe cya Laurent Desire Kabila, na bwo yagiye ahabwa imyanya itandukanye ya politiki.

Mu 2002 yagize uruhare runini mu biganiro bigamije guhoshya intambara yaberaga mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Mu gihe mu 2004 yamamaje Joseph Kabila ndetse anamugeza ku ntsinzi mu matora, na we atorwa kuba Umudepite i Bukavu, mu gihe muri 2006 yatowe kuba perezida w’inteko ishinga amategeko.

Bigeze muri 2009 atangira kutavuga rumwe na Joseph Kabila wari kubutegetsi icyo gihe, yavugaga ko guverinoma ye yemereye ingabo z’u Rwanda kwinjira muri operasiyo yiswe “Umuja wetu.”

Ni nabwo yahise yegura kuri uwo mwanya, bigeze mu 2011 yiyamamarije kuba perezida wa Repubulika mu ishyaka rya UNC, arastindwa ku majwi 7% yabonye.

Mu 2018 yafatanyije na perezida Felix Tshisekedi, kuko bivugwa ko yari yaramwemereye ko natsinda azamugira minisitiri w’intebe, ariko ibi ntibyakozwe. Usibye ko yahise agirwa umukuru w’ibiro by’umukuru w’igihugu.

Bigeze mu 2022, Kamerhe yarafunzwe azizwa kunyereza hafi miliyoni 48$ zari zigenewe amacumbi y’abapolisi n’abasirikare.

Ariko bidatinze yaje gufungurwa agirwa umwere, ndetse perezida Felix Tshisekedi ahita amugira minisitiri w’ubukungu.

Bivugwa ko Kamerhe abadepite bo mu ishyaka riri ku butegetsi rya UDpS, bashatse ku mwirukana kuri uyu mwanya, ngo kuko bamenye neza ko afite kuziyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu.

Ishyaka rye rya UNC, ryo rivuga ko nta kindi UDpS igamije usibye kuvana umuyobozi wayo, Vital Kamerhe muri politiki.

Uyu mugabo ari mubanyapolitiki ba RDC baharabitse u Rwanda, kuko ni umwe wakoze ibishoboka byose mu myaka irenga 30, akaruvugaho ibinyoma, ariko ikigaragara ni uko bishobora kurangira agiye mu butabera.

Tags: AmatekaRdcVital Kamerhe
Share31Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yongeye kwikoma u Rwanda, noneho anarushinja ku mutwara abaturage

Perezida Tshisekedi yongeye kwikoma u Rwanda, noneho anarushinja ku mutwara abaturage

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?