• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida w’u Bufaransa yagize icyavuga kuri Tshisekedi wivumbuye agataha i nama ya OIF itararangira.

minebwenews by minebwenews
October 6, 2024
in Uncategorized
0
Perezida w’u Bufaransa yagize icyavuga kuri Tshisekedi wivumbuye agataha i nama ya OIF itararangira.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Bufaransa yagize icyavuga kuri Tshisekedi wivumbuye agataha inama ya OIF itararangira.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yavuze ko nubwo bitakunze ko ahuza perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo na perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ariko ko umubano w’ibi bihugu byombi ucyifashe nabi. Ni mu gihe Tshisekedi yivumbuye ntiyareka inama ya OIF ngwirangire ahita asubira i Kinshasa arakaye.

Ibi perezida w’u Bufaransa yabivuze nyuma y’uko Tshisekedi yari yamwigaragambijeho ataha igitaraganya inama igira iya 19 ya OIF itararangira.

Macron yavuze ko mbere y’uko Tshisekedi ataha yagerageje ku muhuza na mugenzi we w’u Rwanda gusa ngo birananirana.

Yagize ati: “Ku wa Gatanu w’iki Cyumweru namaze isaha n’igice nganira mu muhezo na Tshisekedi, mu gitondo cyo ku wa Gatandatu naho, namaranye indi saha n’igice nganira na perezida Paul Kagame. Nk’u Bufaransa na Francophonie turacyifuza gukemura iki kibazo kiri kugira ingaruka cyane kuri RDC. Turamagana twivuye inyuma urugomo imitwe y’itwaje imbunda ikora ku busugire bwa RDC.”

Perezida Emmanuel Macron yagaragaje ko umubano w’u Rwanda na RDC ucyifashe nabi, ariko ashimira imbaraga Angola yashizemo kugira ngo ibyo bihugu byombi bihoshye uwo mwuka wa makimbirane, ashimangira ko u Bufaransa bushyigikiye ibiganiro by’i Luanda bimaze igihe biba.

Ati: “Turasaba RDC n’u Rwanda kugera ku masezerano, kandi umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa bishyigikiye ziriya mbaraga zo ku rwego rw’akarere.”

Yashimangiye ko umutwe wa M23 umaze igihe urwana n’ingabo za RDC n’ingabo z’u Rwanda zishinja kuyifasha bagomba gusubira inyuma, hanyuma RDC na yo igasenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR umaze igihe uyifasha ku rugamba.

Yashimangiye ibi avuga ko nubwo bitakunze ko ahuza perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame ariko ko imbaraga za buri ruhande zikenewe kugira ngo umusaruro uboneke.

Avuga kandi ko agahenge kariho karerekana ibimenyetso by’uko ibintu biri kuba byiza ugereranyije n’amezi yatambutse, ariko ko umwuka mubi wintambara ukiriho.

      MCN.
Tags: Emmanuel MacronOIFTshisekediYivumbuye
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyenye impamvu abayobozi ba sosiyete y’indege ya Congo Airways bahagaritswe.

Hamenyenye impamvu abayobozi ba sosiyete y'indege ya Congo Airways bahagaritswe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?