• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

minebwenews by minebwenews
June 16, 2024
in Uncategorized
0
Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Ni mu kiganiro perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiranye n’abaturage b’u Burundi baturiye Komine Muramba ho mu Ntara ya Bururi, aho yavuze ko igihugu cyabo kimeze nka kimwe Imana yasezeranije Abasirayeli bari mu buretwa mu gihugu cya Igiputa, nk’uko biri mu ijambo ry’Imana muri Bibiriya (Yesaya 1:7-11).

Uyu mukuru w’igihugu yagaragaje ko u Burundi ari igihugu abagituyemo barya uko bashaka, nta muntu ubagerera. Yasobanuye ko aho yanyuze hose, yasanze imyaka yeze, imwe muri yo abahinzi barabuze uko bayikura mu mirima kubera ko yabaye myinshi.

Yagize ati: “Muri iyi mpeshyi mwabibonye. Musigaye mubazanya muti none ibi byose bivuye hehe? Aho nyuze hose, nsanga ibishyimbo byabananiye gusoroma. N’ubu nabiciyeho, byamunaniye gusoroma. Byose biva mu maboko yacu no mu bwenge bwacu. Mu Burundi nta kintu ushobora gukora ngo kireke gukunda.

Perezida Ndayishimiye yatangaje ko kugira ngo Abasirayeli bagere i Kanini, byagoranye kandi ngo barambiwe ubwo bari bageze aho babona iki gihugu bari hakurya yacyo, bagafata Mose wari ubayoboye nk’umwanzi.

Yabivuze muri aya magambo “Bagize ingorane ntoya, Mose yahitaga aba umwanzi. Babuze ibyo kurya , Mose aba umwanzi kandi Mose ntahinga, aho bakwizeye Imana, biranga. Bageze ku ndunduro, hasigaye iminsi 40, bose barigaragambye. Aha mu Burundi ntihabuze abavuga ngo “wowe Neva uri mubi, tureke twisubirire mu 2002. Aha habuze abavuga ngo dusubire mu 1998?”

Ndayishimiye yagereranije Abasirayeli barambiwe urugendo rujya i Kanini n’abatemera icyerekezo cy’u Burundi cya 2040; aho ateganya ko buzaba buri mu bihugu byifashije.

Nubwo perezida w’u Burundi abivuga gutyo, ariko iki gihugu kiri mu bihe bigoye byo kubura lisansi, abaturage baricwa n’inzara ndetse n’ibindi bibazo bijanye na politiki, nk’uko bigaragara mu byegeranyo bya OLUCOME.

            MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeIsraelU Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post
Vital Khamere yagize icyavuga gito ku mishahara y’Abadepite bahembwa y’umurengera.

Vital Khamere yagize icyavuga gito ku mishahara y'Abadepite bahembwa y'umurengera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?